skol

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byongeye kugabanuka mu Rwanda

Yanditswe: Wednesday 01, Feb 2023

featured-image

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse, aho lisansi yavuye ku 1580 Frw kuri litiro, igashyirwa ku 1544 naho mazutu litiro iva ku 1587 Frw, ishyirwa kuri 1,562 Frw.
Mu itangazo ryashyizwe hanze n’Urwego rwIgihugu rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego Zimwe z’Imirimo Ifitiye Igihugu Akamaro (RURA), havuzwe ko “Iri gabanuka ry’ibiciro rishingiye ahanini ku igabanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga.”
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu (…)

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse, aho lisansi yavuye ku 1580 Frw kuri litiro, igashyirwa ku 1544 naho mazutu litiro iva ku 1587 Frw, ishyirwa kuri 1,562 Frw.

Mu itangazo ryashyizwe hanze n’Urwego rwIgihugu rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego Zimwe z’Imirimo Ifitiye Igihugu Akamaro (RURA), havuzwe ko “Iri gabanuka ry’ibiciro rishingiye ahanini ku igabanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga.”

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byaherukaga gutangazwa mu Ukuboza 2022, ubwo hagumishwagaho ibyari byashyizweho mu Ukwakira 2022.

Ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli bizatangira kubahirizwa guhera tariki ya 02 Gashyantare 2023.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa