skol
fortebet

Kicukiro: Ya mihanda inyuranamo ifite n’unyura mu kirere iri kuzura [AMAFOTO]

author-image

Yanditswe na: Dusingizimana Remy
Kuwa: Tuesday 21, Jun 2022

Kicukiro: Ya mihanda inyuranamo ifite n'unyura mu kirere iri kuzura [AMAFOTO]

Sponsored Ad

skol

Imihanda yo muri Kicukiro Centre irimo inyuranamo n’unyura mu kirere yatangiye kuba nyabagendwa.
Amafoto yatangajwe n’Akarere ka Kicukiro agaragaza abanyamaguru n’abagenda mu binyabiziga batangiye kuryoherwa n’ibudasa bw’uwo muhanda wari utegerezanyijwe amatsiko.
Uyu muhanda wabagamo umuvundo w’ibinyabiziga utaratunganywa kuri ubu watangiye korohera abawunyuramo by’umwihariko muri ibi bihe u Rwanda rwakiriye Inama y’Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma bigize Commonwealth (CHOGM2022).
Aka (…)

Imihanda yo muri Kicukiro Centre irimo inyuranamo n’unyura mu kirere yatangiye kuba nyabagendwa.

Amafoto yatangajwe n’Akarere ka Kicukiro agaragaza abanyamaguru n’abagenda mu binyabiziga batangiye kuryoherwa n’ibudasa bw’uwo muhanda wari utegerezanyijwe amatsiko.

Uyu muhanda wabagamo umuvundo w’ibinyabiziga utaratunganywa kuri ubu watangiye korohera abawunyuramo by’umwihariko muri ibi bihe u Rwanda rwakiriye Inama y’Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma bigize Commonwealth (CHOGM2022).

Aka gace ka Kicukiro Centre kinubirwaga na benshi mu masaha y’umugoroba kubera akajagari k’ibinyabiziga kahabaga byatumye ubuyobozi bw’akarere bubireba bukora imihanda yihariye cyane izaca aka kajagari burundu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa