skol

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 8 ku isi mu bihugu ibiciro by’ibiribwa byazamutse bikabije [URUTONDE]

Yanditswe: Monday 28, Nov 2022

featured-image

Ibiciro by’ibiribwa imbere mu bihugu byinshi ku isi harimo n’u Rwanda rwaje ku mwanya wa 8 ku isi bikomeje kujya hejuru nkuko Banki y’isi ibitangaza.
U Rwanda rwaje ku mwanya wa 8 ku isi mu bihugu ibiciro by’ibiribwa byazamutse cyane.Igihugu cya mbere ni Zimbabwe.
Amakuru ya hagati ya Nyakanga na Ukwakira 2022 yerekana ko ibiciro by’ibiribwa byazamutse cyane mu bihugu hafi ya byose byinjiza amafaranga make.
Ibihugu bingana na 83.3% mu byinjiza amafaranga make, 90.7% mu bihugu byinjiza (…)

Ibiciro by’ibiribwa imbere mu bihugu byinshi ku isi harimo n’u Rwanda rwaje ku mwanya wa 8 ku isi bikomeje kujya hejuru nkuko Banki y’isi ibitangaza.

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 8 ku isi mu bihugu ibiciro by’ibiribwa byazamutse cyane.Igihugu cya mbere ni Zimbabwe.

Amakuru ya hagati ya Nyakanga na Ukwakira 2022 yerekana ko ibiciro by’ibiribwa byazamutse cyane mu bihugu hafi ya byose byinjiza amafaranga make.

Ibihugu bingana na 83.3% mu byinjiza amafaranga make, 90.7% mu bihugu byinjiza amafaranga yo hagati na hagati, na 95% by’ibihugu byinjiza amafaranga menshi ibiciro byazamutse ku kigero gisaga 5%, benshi ibiciro byarazamutse birenga imibare ibiri.

Umugabane w’ibihugu byinjiza amafaranga menshi ibiciro by’ibiribwa byarazamutse bigera kuri 86.8%.

Raporo ya Banki y’isi ivuga ko nyuma yo kwiyongera kw’ibiciro ku kigero cya 18% muri 2022, biteganijwe ko igipimo cy’ibiciro by’ibiribwa kizagabanukaho 6% muri 2023 kandi gisubire mu buryo muri 2024.

Ubu bushakashatsi bwa Banki y’isi bwakorewe mu bihugu ibiciro bigaragazwa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa