skol

Umugenzuzi Mukuru w’imari ya leta yashinje Umujyi wa Kigali gusuzugura inama yawugiriye

Yanditswe: Tuesday 13, Sep 2022

featured-image

Umugenzuzi Mukuru w’imari ya leta yabwiye Komisiyo y’abadepite bagize PAC ko Umujyi wa Kigali wanze kwemera inshuro zirenze imwe inama yawugiriye ku birebana no gukosora amakosa mu mitangire y’amasoko ya leta.
Ibibazo mu mitangire y’amasoko ya leta mu Mujyi wa Kigali byihariye umwanya munini kuri uyu wa kabiri ubwo witabaga Komisiyo PAC ngo wisobanure ku makosa yagaragajwe n’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta mu mwaka wa 2020-2021.
Uburemere bw’amakosa yagaragaye mu itangwa ry’amasoko (…)

Umugenzuzi Mukuru w’imari ya leta yabwiye Komisiyo y’abadepite bagize PAC ko Umujyi wa Kigali wanze kwemera inshuro zirenze imwe inama yawugiriye ku birebana no gukosora amakosa mu mitangire y’amasoko ya leta.

Ibibazo mu mitangire y’amasoko ya leta mu Mujyi wa Kigali byihariye umwanya munini kuri uyu wa kabiri ubwo witabaga Komisiyo PAC ngo wisobanure ku makosa yagaragajwe n’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta mu mwaka wa 2020-2021.

Uburemere bw’amakosa yagaragaye mu itangwa ry’amasoko byatumye Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amasoko ya leta gisaba ko habaho amavugurura mu rwego rw’amasoko; urugero ni isoko rwiyemezamirimo yatsindiye ariko nyuma akaryakwa abwiwe ko ritagikenewe ariko rikaza guhabwa undi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa