skol

Ubukungu

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 2 muri Afurika mu bihugu bihagaze neza mu bukungu

Icyegeranyo cy’ihuriro mpuzamahanga mu bukungu kiragaragaza ko u Rwanda rwazamutseho umwanya (…)

Gisagara: Abahinzi nta kizere bafite cyo kurandura inzara batewe na nkongwa

Abaturage bahinga mu gishanga cy’urutanga kiri mu karere ka Gisagara hagati y’imisozi ya (…)

RDF yatanze inka na Mutuel ku baturage batishoboye muri Gasabo

Ingabo z’u Rwanda, Brigade ya 204 ikorera mu turere tugize Umujyi wa Kigali bagabiye inka 10 (…)

“Ikibazo cy’ inguzanyo mu buhinzi kirenze amabanki” Rwangombwa

Umuyobozi wa banki nkuru y’ u Rwanda John Rwangombwa asanga ikibazo cyo kuba abahinzi batabona (…)

VD FRANK witeguraga kurushinga afungiye kwiyita umukozi w’ibiro by’abinjira n’abasohoka

Mugisha Frank akurikiranyweho kwiyita umukozi w’ubuyobozi bukuru bushinzwe abinjira n’abasohoka (…)

Ecobank ishami rya Nyagatare ryibwe miliyoni 77 Frw, abayibye batorotse

Ku cyumweru tariki ya 24 Nzeri 2017 mu Karere ka Nyagatare, Ishami rya Ecobank rihakorera ryibwe (…)

Rwanda: Leta n’abaturage ntibavuga rumwe kuri bimwe mu bimenyetso by’ ubukungu

Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare na Ministeri y’imali n’igenamigambi mu Rwanda, batangaje ko (…)

Kigali Investment Company niyo yaguze mu cyamunara UTC ya Rujugiro

Kigali Investment Company iyoborwa na Karangwa Gashabana Paul niyo yaguze umuturirwa wa Rujugiro (…)

Inzu ya Rujugiro, UTC iratezwa cyamura uyu munsi

Kuri wa Mbere tariki 25 Nzeli 2017 saa munani nibwo hateganyijwe igikorwa cyo kugurisha mu (…)

Polisi yagaruje imisoro y’arenga miliyari yavuye muri magendu ya Caguwa

Umuyobozi w’ Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya magendu Senior Superintendent of Police (SSP) (…)

Mu Rwanda hongeye kuvukira inkura

Ineza iri kumwe n’icyana cyayo (Ifoto/ A. Manirarora) Nyuma y’ imyaka isaga 10 inyamaswa (…)

Gisagara: Uruganda rwenga urwagwa rwahinduye ubuzima bw’ abaturage

GABI Ltd rukoresha toni 25 z’ ibitoki mu gitariro kimwe Abaturage batandukanye bo mu karere (…)

Ukuzamuka gutunguranye kw’ikiguzi cy’amabuye ya Wolfram

Isoko mpuzamahanga ry’amabuye y’agaciro guhera mu cyumweru gishize riragaragaza ukuzamuka (…)

Umunyarwanda w’ imyaka 19 yakoze progaramu yifashishwa n’ abacuruzi b’ amata

Mugiraneza Abdullah wo mu murenge wa Rutare mu karere ka Gicumbi, amaze guca uburiganya (…)

Ibigo by’imari iciriritse, Microfinance, byahombye amafaranga asaga Miliyari 3

Raporo ya Banki nkuru y’ u Rwanda BNR igaragaza uko urwego rw’imari ruhagaze mu mezi 6 ya mbere (…)