skol
fortebet

Ubukungu

Eucalyptus Clones: Inturusu Yonyine Ishobora Guhindura Ubuzima bw’Abanyarwanda, Ariko se Leta Irahari?

Mu misozi ihanamye y’u Rwanda, aho ubutaka bushobora kuba inshuti cyangwa umwanzi bitewe (...)

Green Gicumbi: Uko Umushinga Wari Inzozi Wabaye Impinduka Ihamye mu Buhinzi, Ariko Ukaba Usaba Politiki Yihariye ngo Uzarambe

Mu misozi ihanamye ya Gicumbi, aho ubutaka bwajyaga butemba bujyana n’ifumbire, imyaka ndetse (...)

Umushinga wa Green Gicumbi uri kugana ku musozo usigiye iki Abaturage?

U Rwanda rukomeje guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere. Akarere ka Gicumbi kagaragaye (...)

Ibigo 30 byigisha ikoranabuhanga bigiye kubakwa mu Rwanda

Mu bice bitandukanye by’igihugu hagiye kubakwa ibigo 30 bigezweho by’ikorananabuhanga bizigisha (...)

Ingo 60.000 muri miliyoni 2,9 zitunze imodoka mu Rwanda

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) buvuga ko ingo ibihumbi 60 mu (...)

Hari Abakozi ba UNR bashakaga kwiba Miliyari n’Igice muri Mutuelle!

Bitwaje Sosiyete bari bise iy’Abakozi n’Abarimu ba Kaminuza y’ u Rwanda ariko imbere muri bo (...)

Ingengo y’Imari y’u Rwanda ya 2025/2026 iziyongeraho asaga miliyari 1200 Frw

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko amafaranga ateganyijwe gukoreshwa mu ngengo y’Imari ya 2025/26 (...)

Ba rwiyemezamirimo bagitangira bagowe n’igishoro kidahagije

Hari ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko bagaragaza ko baba bafite ibitekerezo by’imirimo mishya (...)

Hateganyijwe imvura iri ku kigero cy’impuzandengo cy’isanzwe igwa

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu gice cya mbere cy’ukwezi (...)

Akazi mu Rwanda mu mibare

Kubona akazi mu Rwanda bisigaye ari ingorabahizi, ugafite akaryamaho kuko aba azi neza ko (...)

BIRAVUGWA: Abayobozi bakomeye muri RMB ndetse na nyir’ikirombe GAMICO barafunze

Abayobozi bakomeye muri RMB ndetse na nyir’ikirombe GAMICO kiri muri Bashyamba mu Murenge wa (...)

Meya wa Nyamagabe ntiyatunguwe no kuba Akarere ayobora gakennye kurusha utundi

Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Niyomwungeri Hildebrand, yavuze ko batatunguwe n’igipimo (...)

Ingo zirenga 94% zo mu Rwanda ziracyatekesha amakara n’inkwi

Ubushakashatsi bwa karindwi ku mibereho y’ingo (EICV7) bwagaragaje ko ingo zikoresha ibicanwa (...)

Kigali: Abarenga 690 bari batuye mu manegeka bamaze kwimurwa

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bwatangiye igikorwa cyo kwimura abaturage batuye mu (...)

Rwanda Revenue yavuze ku makuru avugwa Ko Hari Umusoro Mushya Ku Banyabirori

Jean Paulin Uwitonze Komiseri mukuru ushinzwe serivisi z’abasora n’itumanaho mu Kigo cy’igihugu (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 885