skol

Ubukungu

Rwanda:Ibigo bito n’ibiciriritse byo mu Rwanda birasabwa gutinyuka no kwemera kwigira kubandi

Kuri uyu wa Kane ,Tariki ya 17 Nyakanga 2025 , muri Serena Hotel Kigali ,Hateraniye inama (…)

Imvura izagabanyuka, hiyongere ubukonje mu gice cya kabiri cya Nyakanga

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko imvura izakomeza (…)

Ibikorwa byo kubaza no gusudira bishobora guhagarikwa mu Gakiriro ko ku Gisozi

Umujyi wa Kigali watangaje ko bitarenze umwaka wa 2025 imashini zitandukanye zikoreshwa mu (…)

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa Kigali ko mu (…)

PAC yatunguwe n’inyubako z’ibitaro bya Kibirizi zidafite ubwishingizi

Komisiyo y’Abadepite ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu, PAC, (…)

NISR-Abanyarwanda biyongereho ibihumbi 853 mu myaka itatu

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko Abanyarwanda bageze kuri miliyoni 14,1 (…)

Ibiciro byiyongereyeho 7% muri Kamena

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko muri Kamena 2025, ibiciro mu mijyi (…)

Gicumbi: Abakora mu birombe by’amabuye y’Agaciro batagira ubwishingizi

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Miyove, Akarere ka Gicumbi bakora mu bucukuzi bw’amabuye (…)

Kamonyi:Imishinga ya miliyoni 23 Frw y’inguzanyo za VUP yarahombye

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangaje ko mu nguzanyo bwahaye abaturage ngo bikure mu bukene (…)

Ibisobanuro by’Umujyi wa Kigali ku itangwa ry’amasoko ntibyanyuze PAC

Komisiyo y’Abadepite ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu, PAC, (…)

RRA yakusanyije akayabo ka miliyari zibarirwa mu bihumbi z’imisoro mu 2024/2025

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2024/2025 (…)

Imisoro ku modoka za hybrid, icumbi n’ibikomoka kuri peteroli yatangiye kubahirizwa: Iby’ingenzi ukwiye kumenya

Guhera ku wa 1 Nyakanga 2025, imisoro itandukanye yatangiye gucibwa ku bicuruzwa na serivisi (…)

MININFRA-Kuzamuka kw’igiciro cya lisansi nta ngaruka zikomeye bizateza

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo (MININFRA), Dr Jimmy Gasore, ari kumwe n’Umunyamabanga Uhoraho muri (…)

Haje ikoranabuhanga rishya rirwanya ’bots za AI’ zisahura amakuru ku mbuga

Imbuga (websites) zibarirwa muri za miliyoni – zirimo Associated Press, Sky News na Buzzfeed – (…)

Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje abemerewe gutanga serivisi mu madovize

Mu ntangiro z’ukwezi kwa Kamena 2025, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje amabwiriza mashya (…)