skol

Ubukungu

Ibiciro ku masoko byazamutseho 7,1% mu Ukwakira

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko mu Ukwakira 2025, ibiciro mu mijyi (…)

MINECOFIN yakebuye abacyumva ko impamba itazabageza i Kigali bayirira ku Ruyenzi

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko Abanyarwanda bagera kuri 3% batari (…)

Karongi: Ingo zirenga 5800 zavuye mu bukene mu myaka ibiri

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko binyuze muri gahunda ya Gira Wigire yo gufasha (…)

MINICOM yavuze ku bwiyongere bw’umusaruro w’inganda mu Rwanda

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, MINICOM, yavuze ko Urwego rw’inganda rwazamutse rugatanga (…)

Ishoramari rya miliyari 1.084 Frw: Ibyitezwe mu rugendo rw’u Rwanda rwo kuba igicumbi mu by’imari

U Rwanda rukomeje gushyira imbere intego yo kuba igicumbi cy’imari ku rwego rwa Afurika, binyuze (…)

Ubushomeri mu Banyarwanda bwagabanyutseho 1,9%

Ubushakashatsi ku bashomeri n’abakora mu Rwanda bukorwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, (…)

Urwego rw’inganda rwinjije 22% mu musaruro mbumbe w’Igihugu

Mu mwaka wa 2024/2025, urwego rw’inganda rwazamutseho 6,3% rwinjiza 22% mu musaruro mbumbe (…)

U Rwanda rwahawe ibikoresho bya Laboratwari bizafasha kumenya ubuziranenge bw’amazi

Umuryango w’Ibihugu bihuriye ku kibaya cy’uruzi rwa Nili, (Nile Basin Initiative, NBI) (…)

Amb Fatuma Ndangiza yashyize umucyo ku cyadindije ishyirwaho ry’ifaranga rimwe muri EAC

Amb. Fatuma Ndangiza uri mu badepite bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko ya Afurika (…)

Sadate Munyakazi yagiriye inama urubyiruko yarugeza ku bukire

Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports, Sadate Munyakazi, yabwiye urubyiruko ko rukwiye gukunda (…)

Tiriyari 23,1 Frw zigiye gushorwa mu ngufu zikomoka ku mirasire y’izuba

Guverinoma y’u Rwanda ikomeje kongera imbaraga mu kubyaza ingufu zikenewe mu kugeza (…)

U Rwanda rugiye kubaka icyanya cy’inganda cyahariwe ibikomoka ku mpu

Minisiteri y’Ubucuruzi n’inganda, MINICOM, iratangaza ko mu Karere ka Bugesera mu Ntara (…)

BNR igiye gukora amavugurura mu rwego rw’ubwishingizi

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko mu gihe cya vuba izatangaza ingamba nshya (…)

Hagaragajwe intambwe u Rwanda rwateye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peteroli na Gazi, RMB, rwagaragaje intambwe igihugu cyateye mu (…)

Ibiciro ku masoko byiyongereyeho 7,3% muri Nzeri

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko ibiciro ku masoko muri Nzeri (…)