skol

Ubukungu

Perezida Kagame yasabye EU gusangira na Afurika ibyago n’inyungu

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yasabye ibihugu bihuriye mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (…)

Nyamasheke: Hagiye kubakwa hoteli zirenga 10

Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke yatangaje ko mu mezi atanu ashize, aka karere kabonye (…)

Toni 16 z’ikawa y’u Rwanda zaguzwe arenga miliyoni 442 Frw mu masaha atatu

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi (…)

Ibiciro by’amashanyarazi bigiye guhinduka

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko harimo gukorwa ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi (…)

Arenga miliyari 5 Frw ashobora guhagama abananiwe gusobanurira PAC irengero ryayo

Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite yasabye Minisiteri y’Ubutabera gusaba Ubushinjacyaha (…)

U Rwanda rwiteze inyungu mu Inama Nyafurika y’isoko ry’imari n’imigabane izaba kunshuro ya 28

Ni amahirwe yakomojweho kuri uyu wa 5 Kanama 2025, munama yahuje abafite Aho bahuriye n’isoko (…)

Abanyarwanda baba muri Congo Brazzaville bizihije Umuganura

Mu myambaro yiganjemo iya Kinyarwanda, barangajwe imbere na Parfait Busabizwa, Ambasaderi w’u (…)

Menya zimwe mu mpamvu zatumye BDF na BRD bihuzwa

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko Ikigega cy’Iterambere gishinzwe guteza imbere imishinga (BDF) na (…)

Umubare w’abafite akazi mu Rwanda wariyongereye, ugera kuri 53,8 %

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko kugeza muri Gicurasi 2025 (…)

Nyabihu: Hari abarimu n’abayobozi b’amashuri bamaze imyaka 20 basiragira ku birarane

Bamwe mu bahoze ari abarimu n’abayobozi b’ibigo by’amashuri mu Karere ka Nyabihu, bavuga ko (…)

Inzego z’ibanze muri EAC zasabwe gufatanya mu kuvugutira umuti ubushomeri mu rubyiruko

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr. Patrice Mugenzi, yasabye inzego z’ibanze zo mu bihugu (…)

Imvura yo mu Mpeshyi yatewe n’itsinda ry’imiyaga ryageze hejuru y’inyanja y’u Buhinde

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko imvura yaguye mu (…)

Amerika yongereye 250$ ku mafaranga yakwa abajyayo barimo Abanyarwanda

Abantu batandukanye basura Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagiye kujya basabwa kwishyura 250$ (…)

Umusaruro w’ibikorerwa mu Rwanda byoherezwa mu mahanga wazamutseho 11,4%

Raporo nshya yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) yagaragaje ko umusaruro (…)

Rwanda: Ibibazo birimo kwibazwa nyuma y’ifungwa rya Hotel Château Le Marara yavuzweho cyane muri iyi minsi

Ikigo gishinzwe iterambere mu Rwanda cyatangaje ko kuva none ku wa kabiri gifunze by’agateganyo (…)