skol

Ubukungu

Abanya Uganda bakunze ishuri ryigisha gutunganya amashusho ryo mu Rwanda

Abanyeshuri bo muri Uganda biga ibijyanye no gutunganya amashusho muri Elite Training Academy (…)

Musanze:Urubyiruko rwavuye Iwawa rurasaba guhabwa ubundi bufasha ngo rwizahure

Rumwe mu rubyiruko rwavuye Iwawa, rukahigishirizwa imyuga ruvuga ko nyuma yo kuva Iwawa batigeze (…)

Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu Kiyaga cya Kivu hari Amariba 13 ya Peteroli

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli, RMB, cyatangaje ko ubushakashatsi bwakozwe mu (…)

MININFRA yasabwe kwishyura abaturage byihuse ibirarane bidasaba ingengo y’imari nini

Abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore, (…)

Perezida Kagame yatabarije Afurika iri kugirwaho ingaruka n’ihindagurika ry’ibihe

Perezida Paul Kagame yasabye umuryango mpuzamahanga gushyira mu bikorwa gahunda zemejwe zigamije (…)

Dore ibivugwa ku ntandaro yo kuba hari ubushyuhe bukabije muri iyi minsi

Muri iyi minsi hari ibice by’igihugu abaturage bumva hashyushye mu buryo budasanzwe, ariko ni (…)

Ibiribwa bihunitse mu bigega by’u Rwanda byariyongereye cyane mu 2024

Raporo ya Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ya 2023/24 yagaragaje ko ibigega by’igihugu (…)

RSSB yatanze umucyo ku makuru ayishinja kugira agahato ubwizigame bwa EjoHeza

Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), rukomeje gusobanura ko kwizigamira muri EjoHeza nta (…)

Perezida KAGAME yavuze ku bacuruzi basabwa ubukode mu madolari

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko abacuruzi bakwaga ubukode mu madolari bigomba (…)

NISR igaragaza ko umusaruro w’amabuye y’agaciro mu Rwanda watumbagiye

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) yerekana ko umusaruro w’ubucukuzi (…)

Abakoresha umuhanda Giporoso-Masaka bahuraga n’umuvundo w’imodoka bigiye gukemuka

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubwikorezi, RTDA, cyatangaje ko umuhanda wa Prince (…)

U Rwanda rwinjije imodoka 30.000 nshya muri 2024 bituma ubu tubarura izisaga 360.000

Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) y’umwaka wa 2024, igaragaza ko mu Rwanda (…)

Hari ibice bimwe bizagwamo imvura irenze isanzwe igwa muri Mutarama

Muri Mutarama 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri ku kigero cy’impuzandengo y’imvura isanzwe (…)

Nuganira n’abasore n’inkumi hirya no hino mu...

Nuganira n’abasore n’inkumi hirya no hino mu gihugu, bamwe batangiye gukirigita ifaranga, kimwe (…)

#VAR: TWAGIRAYEZU Thadee ahanganye n’Ikigo cy’Amakoperative(RCA) ku kibazo cyo kwihesha Manda atemerewe muri Koperative ADARWA

Amakuru UMURYANGO wamenye bivuye mu mabaruwa n’inyandiko zinyuranye dufitiye kopi, ni uko kuva (…)