skol

Ubukungu

Abashakashatsi bagaragaje ko Isi yabonye ukundi Kwezi kuyimurikira

Nyuma y’inyigo zitandukanye zimaze ibyumweru zikorwa n’abashakashatsi mu by’Isanzure banyuranye, (…)

U Bwongereza bwemeye guhara akayabo bwahaye u Rwanda muri gahunda y’abimukira

Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Alison Thorpe, yatangaje ko guverinoma y’igihugu cyabo nta (…)

Meteo Rwanda yateguje Imvura Nyinshi nyuma y’uruzuba rumaze iminsi

Ikigo cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) kivuga ko mu gice cya mbere cy’ukwezi k’Ukwakira (…)

BNR yatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’imbere mu Gihugu (GDP) wazamutseho 9,8%

Banki Nkuru y’Igihugu, BNR, yatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’imbere mu Gihugu (GDP) wazamutseho (…)

Raporo ya Banki y’Isi ivuga ko mu Rwanda ubushomeri bwagabanutseho 7%

Banki y’Isi ishami ry’u Rwanda igaragaza ko hagati ya 2021 na 2023 mu Rwanda hahanzwe imirimo (…)

Ihenda ry’ibirayi ryageze no ku isoko yabyo aho ikilo kiri kugura 800 FRW

Hirya no hino mu masoko yo mu Karere ka Musanze, haragaragara impinduka ku giciro cy’ibirayi, (…)

Huye: Gahunda yo kugemurira abana ibishyimbo bitetse ikomeje kutavugwaho rumwe

Mu Karere ka Huye hari ibigo by’amashuri bigemurirwa ibishyimbo bihiye, bikavuga ko na byo (…)

MININFRA yatangaje ko kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo ya II bidakwiye kurenza 2027

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Bwana Olivier Kabera, yasuye urugomero (…)

Meteo-Rwanda yongeye kuvuga ku kirere cy’u Rwanda hagati ya taliki 11 na 20 Nzeri, 2024

Mu iteganyagihe ry’iminsi icumi riherutse gusohorwa n’Ikigo cy’u Rwanda cy’ubumenyi bw’ikirere (…)

NISR yavuze ko ibiciro byiyongereyeho 5% muri Kanama 2024

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko ibiciro ku masoko muri Kanama 2024 (…)

Ubukungu bw’u Rwanda buzamukaho nibura 9,3% buri mwaka kuva 2024-2029

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu myaka itanu iri imbere ubukungu bw’u Rwanda nibura buzajya (…)

Inama za Dr Bihira ku kurandura ubukene mu rubyiruko n’ubushukanyi bwambura

Hamaze iminsi humvikana udutsiko tw’abantu bishyira hamwe maze bagatuburira abiganjemo (…)

Ububiligi:Abanyarwanda bari hatira gusigasira ururimi n’umuco binyuze mu kubitoza abana babo

Abana benshi bavuka ku Banyarwanda baba mu mahanga birabagora kumenya Ikinyarwanda, imbyino (…)

Umujyi wa Kigali ugiye kwisubiza ibibanza ba nyirabyo banze kubaka

Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 03 Nzeri 2024,Meya w’Umujyi wa Kigali yabwiye (…)

MIFOTRA yikomye ibigo byishyuza abanyeshuri bashaka kwimenyereza akazi

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yakebuye ibigo byiganjemo iby’abikorera bisaba (…)