skol

Uburezi

MINEDUC yatangaje ko nta barimu b’abagande birukanwe mu Rwanda

Minisitiri w’Uburezi, Dr. Papias Musafiri Mu itangazo MINEDUC yashyize hagaragara uyu munsi (…)

Madamu wa Perezida Kagame yahembye abana b’abakobwa batsinze neza ibizami bya Leta

Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame avuga ko igihugu cy’u Rwanda kizakomeza (…)

IPRC South : Abahawe impamyabushozi basabye Leta urubuga ngo bagaragaze ibyo bize [AMAFOTO]

Ku nshuro ya mbere ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyi ngiro mu ntara y’amajyepfo IPRC south (…)

Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC yagaye Dr. Gahutu n’abo bafatanyije kuyobora Kaminuza ya Rusizi

Dr. Gahutu, Umuyobozi wa RIU Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Amashuri Abanza n’Ayisumbuye (…)

Dr. Gahutu yandikiye Minisitiri w’Intebe amuregera Minisitiri w’Uburezi ko amwanga ndetse yanagambaniye Kaminuza ye

Dr. Gahutu Pascal uyobora RIU Nyuma y’ibaruwa yo kuwa 10 Werurwe uyu mwaka aho Minisiteri (…)

Minisiteri y’ uburezi yahagaritse amashami 3 muri Kaminuza ya Gitwe

Minisiteri y’ Uburezi MINEDUC yahagaritse amashami atatu muri atanu yigishirizwaga muri Kaminuza (…)

Rubavu: Icumbi ry’ abanyeshuri ryafashwe n’ inkongi rirakongoka ntibagira icyo baramura

Abanyeshuri b’ abahungu biga mu ishuri ryisumbuye ryitiriwe Baptiste de Fraternit (ESBF ) (…)

Leta yahagaritse by’agateganyo Kaminuza 3 zirimo na Rusizi International University

Minisiteri y’Uburezi yahagaritse by’agateganyo Kaminuza zigenga eshatu nyuma y’uko zigaragayemo (…)

Kayonza: Abanyeshuri barenga 300 babuze amanota yabo, bashobora kuba barakopejwe ikizami

Ubwo amanota y’ abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza umwaka w’ amashuri abanza mu mwaka (…)

Abana biga mu ishuri ry’ inshuke basuye ibiro bikuru bya polisi, bahabwa ikiganiro ku gukumira ibyaha

Abanyeshuri bo ku kigo cy’amashuri y’incuke n’abanza (Rise to shine Nursery and Primary school) (…)

Abagororwa babiri batorotse gereza bagahungira muri Uganda bagaruwe mu Rwanda

Polisi y’u Rwanda yashyikirijwe abagabo babiri bari barahungiye muri Uganda nyuma yo gutoroka (…)

‘Twasanze abanyeshuri biga muri Kaminuza baba mu macumbi agayitse’ Senateri Gallican

Abasenateri bagize Komisiyo y’ imibereho myiza mu nteko ishinga amategeko umutwe wa Sena, (…)

“Uwo ariwe wese uzagira amanota amwemerera kwiga iwacu azaze yige” Hamidi Ansari

Visi Perezida w’ igihugu cy’ u Buhinde Mohammad Hamid Ansari ku munsi wa gatatu w’ uruzinduko (…)

‘Mineduc ntabwo yigeze ibuza abarimu gusibiza abanyeshuri’ Munyakazi

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ ayisumbuye Isaac (…)

Christa wabaye uwa mbere mu bizami bya Leta ‘Primaire’, yakoresheje irihe banga?

Rubayiza Ngutete Christa w’imyaka 12, niwe munyeshuri wahize abandi mu bizamini bya Leta bisoza (…)