skol

Uburezi

Ku nshuro ya mbere u Rwanda rugiye kumenya aho ruhagaze mu ireme ry’uburezi ku Isi

U Rwanda ruhanze amaso isuzuma mpuzamahanga ry’ubumenyi n’ubushobozi by’abanyeshuri ryitwa PISA (…)

Ishimwe ry’abana b’impunzi ibihumbi 26 bahawe ikaze mu burezi bw’u Rwanda

Abana b’impunzi barenga ibihumbi 26 babarizwa mu Nkambi ya Mahama iherereye mu Karere ka Kirehe (…)

Minisitiri w’uburezi yasabye amashuri makuru na kaminuza gushyira imbaraga mu bushakashatsi

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph yavuze ko kugira ngo igihugu kigere ku cyerekezo cya (…)

Karongi: Abanyeshuri 36.000 bigira mu byumba bishaje

Abarezi n’abanyeshuri bo mu Karere ka Karongi bavuga ko mu bibangamiye imyigire n’imyigishirize (…)

MINEDUC na yasinye amasezerano y’ubufatanye na MTN Rwanda mu guteza imbere uburezi

Minisiteri y’Uburezi yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ikigo cy’Itumanaho cya MTN Rwanda mu (…)

MINEDUC igiye gutangiza uburyo bushya bwo kwigisha abana bari barataye amashuri

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko igiye gutangiza uburyo abana bamaze igihe bataye (…)

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku bakiri mu mashuri mu mibare

Ubushakashatsi butandukanye ku ihohotera rishingiye ku gitsina bugaragaza ko abana bakiri mu (…)

Abana barenga ibihumbi 71 basubijwe mu ishuri mu myaka ibiri

Abana barenga 71.000 mu turere twose tw’Igihugu bamaze gusubizwa mu ishuri binyuze mu mushinga (…)

Isuku igomba gukwira mu Rwanda ihereye mu mashuri- MINEDUC

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko Guverinoma yashyize imbaraga mu gukangurira (…)

REB yatangiye gutanga mudasobwa 15.000 mu bigo by’amashuri birenga 400

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), rwatangaje ko rwatangiye gushyira mu (…)

Abari abayobozi b’ibigo by’amashuri 890 bahagaritswe ku buyobozi

Igenzura ryahawe abari abayobozi b’ibigo by’amashuri ryasize abataragize amanota 70% kuzamura (…)

IMF yagaragaje u Rwanda nk’icyitegererezo mu mavugurura y’urwego rw’uburezi

Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) cyagaragaje ko u Rwanda rwabaye icyitegererezo mu mavugurura (…)

2027: Abarimu bose b’u Rwanda bazaba bazi Icyongereza mpuzamahanga

Guverinoma y’u Rwanda yijeje ko bitarenze mu mwaka wa 2027 abarimu mu bose b’u Rwanda bazaba (…)

Ngororero: Abayobozi b’ibigo by’amashuri bashishikarijwe kwita ku micungire y’ibigo

Inzego zitandukanye mu Karere ka Ngororero zaganiriye ku ngingo zitandukanye, ku kijyanye (…)

Leta igiye kwishyurira abanyeshuri bashya barenga 16.000 inguzanyo yo kwiga kaminuza

Leta y’u Rwanda igiye guha abanyeshuri bashya 16.768 inguzanyo yo kwiga kaminuza n’amashuri (…)