skol
fortebet

Uburezi

Karidinari Kambanda yasabye ubufatanye mu kurera umwana ushoboye kandi ushobotse

Umuyobozi w’inama nkuru Gatolika mu Rwanda Arikiyepisikopi Antoine Karidinari Kambanda yasabye (...)

Ababyeyi! Uko wakwigisha umwana wawe kuvuga neza kandi vuba

Mu kuvuga ku mwana hagomba kubamo uruhare rw’umubyeyi we n’abamwegereye ari mpamvu muri iyi nkuru (...)

Sobanukira bimwe mu bitera uburwayi bwo mu mutwe

Mu mibereho ya muntu ahura n’ibyiza bikamunezeza, ariko kandi anahura n’ibimubabaza rimwe na (...)

Polisi yibukije ibigo bitwara abagenzi gufasha byihariye abanyeshuri basubira ku ishuri

Kuva kuri uyu wa Mbere, tariki ya 21 Mata, nibwo abanyeshuri batangira gusubira ku bigo (...)

Minisitiri w’uburezi yasabye ababyeyi kubonera umwanya abana bagiye mu biruhuko

Mu gihe abanyeshuri bagiye kujya mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka (...)

NESA yatangaje ko abanyeshuri bose bazakora ibizamini bya leta uyu mwaka bamaze kwiyandikisha

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko nta gihe (...)

Minisitiri Nsengimana yasabye kaminuza kugabanya icyuho kiri hagati y’ubumenyi zitanga n’ubukenewe ku isoko

Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yagaragaje ko kaminuza zikwiye gushyira imbaraga mu (...)

Amashuri 1015 akora atujuje ibisabwa: NESA yateguje ihagarikwa ry’andi mashuri

Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, Boneza Angelique, (...)

Minisitiri Nsengimana yakebuye ababyeyi batohereza abana ku ishuri ku gihe

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yavuze ko ababyeyi batohereza abana ku ishuri uko (...)

Mbere yo gutangira ibiruhuko bito NESA itangaje ko yafunze ibigo by’amashuri 60

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’amashuri n’Ibizamini (NESA) cyatangaje ko cyafunze ibigo (...)

Ibyago byazanwe n’indwara z’urukozasoni mu Urubyiruko‘Pornographie’

Umwe ati “Nigaga ntashyize umutima hamwe”, undi ati “ Narebye ayo mashusho mfite imyaka 13”. Abo (...)

Abarangije muri TTC bashobora gukurirwaho ibizamini by’akazi mbere yo kugatangira

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yagaragaje ko mu minsi iri imbere abanyeshuri barangije (...)

Impinduka mu Burezi: Abatsinze amasomo yose ku kigero cya 50% bazaba banemerewe gukomeza Kaminuza

Mnisiteri y’Uburezi yatangaje uburyo bushya buzajya bukurikizwa kugirango umunyeshuri yemererwe (...)

NESA yatangaje ko yavumbuye Amashuri 650 akora nta byangombwa

Urwego rw’igihugu rushinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, rwatangaje ko mu mashuri ari (...)

Kaminuza y’u Rwanda yashyize ku isoko abarenga 8.000

Kaminuza y’u Rwanda yashyize ku isoko abarenga 8,068 barimo 946 bahawe impamyabumenyi y’icyiciro (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 360