skol

Uburezi

Abarimu batazi Icyongereza ntibazirukanwa, bazahugurwa- MINEDUC

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yavuze ko hari abarimu n’abayobozi b’ibigo bahuguwe ndetse (…)

Kamonyi: Site ikosorerwaho ibizamini bya Leta yafashwe n’inkongi y’umuriro

Inkongi y’umuriro yafashe zimwe mu nyubako z’ishuri ryisumbuye ryitiriwe Mutagatifu Marie (…)

Gatsibo: Umunyeshuri yaciye ikizamini cya Leta akijugunya mu bwiherero atinya kuzabona zeru

Umukobwa wiga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Rwikiniro, ishuri riherereye mu Murenge wa Rwimbogo mu (…)

Gutangira saa mbiri, guhuza amasomo, kwiga ingunga ebyiri, mu mpinduka REB yatangaje

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), rwatangaje amavugurura mashya mu cyiciro (…)

MINEDUC yagize icyo ivuga ku barimu bakorera akazi kure y’imiryango basaba kuyegerezwa

Abarimu bakorera akazi kure y’imiryango yabo n’abayobozi b’Ibigo by’amashuri, basaba ko imyaka 3 (…)

MINEDUC yasabye ababyeyi kurinda abana ingeso mbi n’ubuzererezi mu biruhuko

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yasabye ababyeyi b’abanyeshuri muri iki gihe cy’ibiruhuko binini (…)

Nicki Minaj yasabye Jay-Z kumwishyura arenga miliyoni 100

Umuraperikazi Nicki Minaj, arashinja Jay-Z guseta ibirenge mu kumwishyura umwenda uri hagati ya (…)

Abize ayisumbuye 14 mu igororero rya Nyagatare batangiye ibizamini bya Leta

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), rwatangaje ko abanyeshuri 14 bo mu Igororero (…)

Abanyeshuri Bari gukora Ibizamini By’Ayisumbuye Biyongereyeho Abantu 19,926

Kuri uyu wa Gatatu tariki 09, Nyakanga, 2025 mu Rwanda hatangiye gukorwa ibizamini birangiza (…)

Minisitiri Nsengimana yashishikarije ababyeyi kwita ku bana mu biruhuko

Minisitiri w’Uburezi (MINEDUC), Nsengimana Joseph yashishikarije ababyeyi kwita ku bana bagiye (…)

Ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza biratangira kuri uyu wa mbere

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), ibicishije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi (…)

Polisi yasabye abanyeshuri bitegura kujya mu biruhuko kwirinda ingeso mbi n’ibyaha

Polisi y’u Rwanda yashishikarije abanyeshuri bagiye kujya mu biruhuko bisoza umwaka w’amashuri, (…)

Impungenge ku bana b’abahungu bagenda bagabanyuka mu mashuri y’u Rwanda

U Rwanda ni kimwe mu bihugu bifite umubare munini w’abana bitabira ishuri mu gihe bujuje imyaka (…)

Impinduka zitezwe mu burezi bw’u Rwanda

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda ikomeje gukora impinduka zigamije guteza imbere uburezi bufite (…)

Bose bazajya biga imibare n’ikoranabuhanga: Impinduka mu mashami yigwa mu mashuri yisumbuye

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yatangaje ko hateganyijwe impinduka mu bijyanye (…)