skol

Uburezi

Ubwenge buhangano bugiye kwigishwa mu mashuri yisumbuye

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), iratangaza ko mu rwego rwo gushyigikira ubumenyi bufite ireme, (…)

Isuzuma rya MINEDUC ryashimangiye ko abanyeshuri batsindwa Icyongereza

Ishusho rusange y’Uburezi mu mashuri yisumbuye yagaragajwe na Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) (…)

Abana biga mu mashuri y’inshuke hakenewe ko bagera kuri 65%- MINEDUC

Amashuri y’inshuke ni yo atanga umusingi ukomeye mu burezi kuko atuma ubwenge bw’abana bukanguka (…)

Karidinari Kambanda yasabye ubufatanye mu kurera umwana ushoboye kandi ushobotse

Umuyobozi w’inama nkuru Gatolika mu Rwanda Arikiyepisikopi Antoine Karidinari Kambanda yasabye (…)

Ababyeyi! Uko wakwigisha umwana wawe kuvuga neza kandi vuba

Mu kuvuga ku mwana hagomba kubamo uruhare rw’umubyeyi we n’abamwegereye ari mpamvu muri iyi (…)

Sobanukira bimwe mu bitera uburwayi bwo mu mutwe

Mu mibereho ya muntu ahura n’ibyiza bikamunezeza, ariko kandi anahura n’ibimubabaza rimwe na (…)

Polisi yibukije ibigo bitwara abagenzi gufasha byihariye abanyeshuri basubira ku ishuri

Kuva kuri uyu wa Mbere, tariki ya 21 Mata, nibwo abanyeshuri batangira gusubira ku bigo (…)

Minisitiri w’uburezi yasabye ababyeyi kubonera umwanya abana bagiye mu biruhuko

Mu gihe abanyeshuri bagiye kujya mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka (…)

NESA yatangaje ko abanyeshuri bose bazakora ibizamini bya leta uyu mwaka bamaze kwiyandikisha

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko nta gihe (…)

Minisitiri Nsengimana yasabye kaminuza kugabanya icyuho kiri hagati y’ubumenyi zitanga n’ubukenewe ku isoko

Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yagaragaje ko kaminuza zikwiye gushyira imbaraga mu (…)

Amashuri 1015 akora atujuje ibisabwa: NESA yateguje ihagarikwa ry’andi mashuri

Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, Boneza (…)

Minisitiri Nsengimana yakebuye ababyeyi batohereza abana ku ishuri ku gihe

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yavuze ko ababyeyi batohereza abana ku ishuri uko (…)

Mbere yo gutangira ibiruhuko bito NESA itangaje ko yafunze ibigo by’amashuri 60

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’amashuri n’Ibizamini (NESA) cyatangaje ko cyafunze (…)

Ibyago byazanwe n’indwara z’urukozasoni mu Urubyiruko‘Pornographie’

Umwe ati “Nigaga ntashyize umutima hamwe”, undi ati “ Narebye ayo mashusho mfite imyaka 13”. Abo (…)

Abarangije muri TTC bashobora gukurirwaho ibizamini by’akazi mbere yo kugatangira

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yagaragaje ko mu minsi iri imbere abanyeshuri barangije (…)