skol
fortebet

Ubutabera

Umunyamakuru ‘Maman Eminante’ wa Radio na TV 10 arafunzwe

Umunyamakuru Mugabushaka Jeanne de Chantal uzwi cyane ku izina rya Maman Eminante ari mu maboko (...)

Mu bujurire Pascal Simbikangwa yasabiwe gukomeza gufungwa imyaka 25

Pascal Simbikwangwa wajuririye igifungo cy’ imyaka 25 yakatiwe n’ inkiko z’ ubufaransa zimaze (...)

‘Ese kurwana na FPR uri umusirikari ni icyaha?’- Ex-FAR Lt Seyoboka

Ubushinjacyaha bwa gisirikari kuri uyu wa kane bwabwiye urukiko rwa gisirikari I Nyamirambo ko (...)

S/ L Seyoboka yashinjwe ibyaha bya Jenoside no gusambanya ku ngufu abagore

Urukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo rwasubukuye iburanisha ry’urubanza ruregwamo Seyoboka (...)

Arashinjwa kwiyitirira igitangazamakuru akambura abaturage

Umusore w’imyaka 27 acumbikiwe kuri Station ya Polisi ya Muhoza mu Karere ka Musanze, ashinjwa (...)

Kubika I Kigali amadosiye y’ imanza zaciwe ICTR byakomwe mu nkokora

U Rwanda ntirwahwemye gusaba akanama gashinzwe umutekano ku Isi guhabwa amadosiye y’Urukiko (...)

U Rwanda rugiye gutangira iperereza ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside

Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda bwatanhaje ko bidasubirwaho bugiye gutangira iperereza ku (...)

Yakatiwe imyaka 15 y’igifungo akekwaho gushaka gushimuta abarundikazi 3

Uwitwa Asouman Masharia ,yafatiwe ku mupaka wu Rwanda na Uganda akekwaho gushaka kwambukana (...)

Seyoboka woherejwe na Canada yagejejwe imbere y’Urukiko, Avoka we arabura

Nk’uko byari byatangajwe n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda, Jean Claude Seyoboka uherutse koherezwa mu (...)

Nyagatare: Abarenga 730 bakurikiranyweho ubujura

Imibare itangwa na Polisi y’u Rwanda ishami rya Nyagatare iragaragaza ko mu gihe cy’amezi atatu (...)

Umunyarwanda woherejwe na Canada agiye kuburanishwa n’urukiko rwa Gisirikari ku byaha bya Jenoside akekwaho

Byatangajwe ko Seyoboka ukekwaho Jenoside azaburanicwa kuri uyu wambere tariki 28 (...)

Ingabire Immaculle atekereza iki kugihano cy’urupfu giherutse gusabirwa abanyereza ibya Leta?

Umuyobozi mukuru w’ Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’ akarengane Transparency International (...)

Ntarama:Izabiriza n’umuhungu we barasabirwa gufungwa burundu

Izabiriza Alphonsine n’umwana we Tuyishimire Fabien b’i Bugesera barasabirwa igifungo cya burundu (...)

Abateretera kuri telefoni z’ butabazi bagiye gufatirwa ibihano

Minisiteri y’ubuzima na Polisi y’ u Rwanda bihanangiriye abakoresha nabi imirongo y’ ubutabazi (...)

0 | ... | 945 | 960 | 975 | 990 | 1005 | 1020 | 1035 | 1050 | 1065 | 1080