skol
fortebet

Ubutabera

Mu miyoborere myiza u Rwanda rufite 80% Afurika ikagira 30% – Anastase Murekezi

Umuvunyi Mukuru w’ u Rwanda Anastase Murekezi yagaragaje ko u Rwanda ari igihugu kiyobowe neza (…)

Umukozi wa RIB yafatiye gitifu mu cyuho yakira ruswa

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kareba mu Murenge wa Jenda witwa Makuza Jean Claude (…)

‘Uwatse ruswa ngo akurikirane ikirego cy’ umwana wasambanyijwe si komanda’ –RIB

Mbabazi Modeste , Umuvugizi wa RIB Kirehe- Urwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha RIB rwatangaje (…)

Diane Rwigara na nyina basabiwe gufungwa imyaka 22 no kwishyura amande

Ubushinjacyaha bushingiye ku ngingo zihana ibyaha baregwa, bwasabye Urukiko kwemeza Adeline (…)

Leta y’u Rwanda yatahuye uruganda rwibaga amashanyarazi rukayihombya miliyoni 2 buri kwezi

Umukozi ushinzwe ibikorwa ry’ uruganda Ineza rukora Kawunga yatawe muri yombi nyuma y’ uru (…)

Adeline Rwigara ngo abantu 4 si rubanda ahubwo byari ukuganyira inshuti

Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara bitabye urukuko ngo bakomeze kuburanishwa nyuma y’ uko (…)

Urubanza rw’impunzi z’Abanyekongo zo mu nkambi ya Kiziba rwakomeje abaregwa bamwe badahari

Itsinda ry’impunzi z’Abanyekongo ryagejejwe mu rukiko rwisumbuye rwa Korongi baregwa guteza (…)

Gakenke: Abakekwaho kwica umugabo wavuye mu rugo agiye gufata amafaranga batawe muri yombi

Abari bahetse umurambo wa Niyonzima Jen Pierre Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) (…)

Gen. Kayihura yateye ubwoba Ikinyamakuru New Vision avuga ko agiye kukijyana mu nkiko

Uwahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi yateye ubwoba Ikinyamakuru cya Leta ya Uganda The New (…)

Mutangana Jean Bosco yongeye kugirirwa icyizere mu Ishyirahamwe Nyafurika ry’Abashinjacyaha

Umushinjacyaha Mukuru w’U Rwanda, Mutangana Jean Bosco, yongeye gutorerwa kuba Visi Perezida (…)

Ruhango: Ashobora gutanga asaga ibihumbi 500 mu irangiza urubanza rw’ ibihumbi 11

Nsengimana Aminadab wo mu murenge wa Ruhango mu karere ka Ruhango yategetswe ku ishyura itsinda (…)

Dr Ngirente yakiriye indahiro z’ abashinjacyaha bashya abereka aho bagomba gushyira imbaraga [AMAFOTO]

Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yakiriye indahiro y’ abashinjacyaha bashya (…)

Mu rubanza rw’ abari abayobozi ba ADEPR umushinjacyaha yahindutse umushinjura

Ntibikunze kubaho ariko biremewe ko umushinjacyaha ashobora gushinjura. Mu iburanisha rya 2 mu (…)

Kamonyi: Umugore watemaguriye umwana we ku makoma yakatiwe gufungwa burundu [AMAFOTO]

Clenie Mukashyaka wo umurenge wa Ngamba kuri uyu wa 30 Ukwakira 2018, urukiko rwamukatiye (…)

ADEPR: Bishop Sibonama, Rwagasana na bagenzi babo bireguye kubyaha baregwa

Abahoze ari abayobozi ba ADEPR 12 bari Bishop Tom Rwagasana na Bishop Sibomana Jean kuri uyu wa (…)