skol
fortebet

Ubutabera

Umuryango wa Rwigara urishyuzwa amafaranga arenga Miliyoni 349 FRW

Urukiko rw’ubucuruzi mu Rwanda rwanzuye ko Umuryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara ugomba (…)

Urukiko rwategetse Rwiyemezamirimo Mbaduko Jimmy kwishyura miliyoni zisaga 81 FRW

Urukiko rwategetse Mbaduko Jimmy kwishyura Miliyoni 81,550,433Frw mu rubanza rwaregwagamo Zigama (…)

Kabayija ushinjwa kuyobora igitero cyagabwe mu Kinigi yasabiwe gufungwa burundu

Ubushinjacyaha bwasabiye Kabayija Selemani wari mu bari bayoboye igitero cyagabwe mu Murenge wa (…)

Urukiko rwategetse ko Rashid Hakuzimana afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Hakizimana Abdul Rashid afungwa iminsi 30 (…)

Jado Castar yajuririye igifungo cy’imyaka 2 yahawe

Umunyamakuru akaba yari na Visi Perezida wa FRVB,Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka ‘Jado Castar’ (…)

Bivuze iki kuba Umucamanza yarahaniye Cyuma Hassan icyaha kitabaho ?

Ubushinjacyaha bwatangaje ko bwajuriye busaba ko hakosorwa kuba Niyonsenga Dieudonné bwareze (…)

Rashid yahakanye ibyaha byose arengwa anavuga ko yakorewe iyicarubozo ryo mu mutwe

Umugabo uzwi uzwi kuri channel zinyuranye za YouTube no ku ye bwite Rashid TV aho yatangaga (…)

Muhanga: Gitifu washinjwaga gusambanya ku gahato no gutera indwara idakira yarekuwe

Uwahoze ari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhanga, Ntezirembo Jean Claude, (…)

Kigali: Abagabo babiri bakurikiranyweho kwica umuntu bamukubise Fer-a beton bahawe igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo

Kuri uyu wa mbere urukiko rwibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Uwitwa Habimana Thomas na (…)

Ubujurire bwa Dr Kayumba bwateshejwe agaciro n’urukiko rwisumbuye

Kuri uyu wa mbere,urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo ku bujurire Dr Kauyumba (…)

CSP Kayumba Innocent wayoboraga Gereza ya Nyarugenge na bagenzi be basabiwe gufungwa imyaka 5

Ubushinjacyaha bwasabye ko CSP Kayumba Innocent wayoboraga Gereza ya Nyarugenge na bagenzi be (…)

Abagabo babiri bakubise Ferabeto Munyanyindi agapfa basabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Abaregwa babwiye urukiko ko babikoze birwanaho kuko nawe iyo abatanga yari kubica mu gihe (…)

Urubanza rwa Hakuzimana Rashid rwasubitswe

Kuri uyu wa gatatu mu rukiko rwibanze rwa Nyarugenge hari hateganyijwe kubera urubanza ku ifunga (…)

Abayoboke ba DALFA Umurinzi na nyiri UMUBAVU TV bahawe kumara iminsi 30 bafunzwe

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Umunyamakuru Nsengimana Theoneste nyiri Umubavu TV (…)

Urubanza rwa Jean Baptiste Mugimba woherejwe n’Ubuholandi gukurikiranwa ku byaha bya jenoside rwasojwe

Iburanisha ryo kuri uyu wa kabiri ryibanze ku iperereza urukiko rwakoze mu cyahoze ari komisiyo (…)