skol

Gitifu wasuzumaga ko "Igitsina cy’Umugeni" cyuzuye! Bari mu biro n’Umugabo we

Yanditswe: Monday 10, Jul 2023

featured-image

Uwumvise iyi nkuru yashobora kwibaza ko bitabaye cyangwa bidashoboka. Bamwe babyise amahano, abandi babyita amakosa, abandi babyita ibara.ariko se byagenze bite?

Icyo gihe Gitifu mu Majyepfo yakiriye Umukobwa mu biro by’Umurenge amubwira ko Umusore baseseranye yanze kumurongora atazi na gahunda ye!

Nyuma atumyeho Umusore amubwira ko yasanze wa Mukobwa nta gitsina agira!

Nyuma Gitifu abatumaho bombi mu biro abaza Umukobwa ati ko wumva ngo nta gitsina ugira? Umukobwa ati nyamara ndagifite! Ibyakurikiyeyeho ni Amabara!

Gusa twibaze, iyo Umuyobozi ahuye n’ibidateganywa n’itego akora iki?
Tubane mu kiganiro

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa