Ubutabera
PrinceKid yafunzwe by’agateganyo! Hari abafunze barengana hari n’ababuze ibimenyetso//Mukazayire
Yanditswe: Friday 03, Jun 2022
Prince Kid yiyongereye kuri ba Ndimbati mu bafungiye by’agateganyo ibyaha bifitanye isano n’ihohotera rishingiye ku gitsina.
Prince Kid yiyongereye kuri ba Ndimbati mu bafungiye by’agateganyo ibyaha bifitanye isano n’ihohotera rishingiye ku gitsina.
Uyu we ashinjwa ibyaberaga muri Miss Rwanda!
Umunyamakuru Mukazayire Yuyu avuga ko ibimenyetso by’ihohoterwa mu rubanza basaba bigoye cyane.
Akomeza avuga ko binashoboka ko haba hari abafunze barengana cyangwa se no hanze hakaba hari abakobwa n’abagore bahohotewe ariko babuze ibimenyetso by’ibyaha bakorewe!
Ese hakorwa iki? Tubane mu kiganiro
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *