skol

Ubutabera

Ubushinjacyaha bwasabiye abahoze muri FDLR gufungwa imyaka 25

Ubushinjacyaha bwasabiye abarwanyi batandatu bahoze mu mutwe wa FDLR gufungwa imyaka 25 ku byaha (…)

Uwishe by’impanuka" umunyamakuru Ntwali J Williams yaciwe miriyoni imwe

Urukiko rw’ibanze rwa Kagarama mu mujyi wa Kigali rwahanishije amande ya miliyoni y’amafranga (…)

Nyanza: Urukiko rwafashe umwanzuro ku muganga ushinjwa gusambanyiriza umwana mu bitaro

Ubushinjacyaha buvuga ko taliki ya 26 Nzeri 2022 ahagana i saa munani z’igicuku, ko hari umwana (…)

Prince Kid yamenye Igihe azaburanira mu bujurire

Urukiko Rukuru rwahaye itariki ubujurire bw’Ubushinjacyaha mu rubanza rwa Ishimwe Dieudonné (…)

Nyabihu: Ikamyo yabuze Feri igonga imodoka eshanu zirimo itwara abagenzi

Ikamyo yari itwaye sima izikuye muri Tanzania yakoreye impanuka ikomeye mu karere ka Nyabihu (…)

US: Urukiko rwatesheje agaciro ibirego bishinja u Rwanda gushimuta Rusesabagina

Umucamanza wo mu rukiko rwa Washington D.C. muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatesheje agaciro (…)

Bamporiki Edouard yamaze kugera muri gereza ya Mageragere

Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco yakatiwe (…)

Urukiko rwavuze impamvu rwagabanyirije ibihano Bamporiki yasabiwe n’Ubushinjacyaha

Urukiko rukuru rwahanishije Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri (…)

Bamporiki yakatiwe gufungwa imyaka itanu agabanyirizwa ihazabu

Urukiko Rukuru rwahamije Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri (…)

Umushoferi wagonze moto yari itwaye Ntwali John Williams agiye kugezwa mu rukiko

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko Umushoferi wagize uruhare mu (…)

Urukiko rwasubitse isomwa ry’ubujurire bwa Bamporiki

Isomwa ry’Urubanza ruregwamo BAMPORIKI Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri (…)

Abaganga ba Baho International Hospital bahanaguweho icyaha cyo kwica umuntu bashinjwaga

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ruheruka kwemeza ko nta bimenyetso simusiga bigaragaza ko habaye (…)

Haramenyekana umwanzuro ku bujurire bwa Bamporiki Edouard

Kuri uyu wa Mbere,tariki ya 16 Mutarama 2023, Urukiko Rukuru ruratangaza umwanzuro ku bujurire (…)

Kayumba Christopher yasabiwe gufungwa imyaka 10 ku byaha yise ’ibihimbano’

Umushinjacyaha yasabiye Christopher Kayumba wahoze ari umwarimu muri kaminuza y’u Rwanda (…)

Abari abakozi muri IPRC Kigali binubiye kuburana bafunzwe kandi abayobozi babo barafunguwe

Bamwe mu bahoze ari abakozi ba IPRC Kigali bakurikiranywe ku byaha bya ruswa, binubiye kuburana (…)