skol

Ubutabera

Gusomera abanyamakuru bafunze byasubitswe kubera amahugurwa

Umwanzuro w’urukiko ku rubanza rw’abanyamakuru ba Iwacu TV wari gusomwa uyu munsi wasubitswe (…)

Ndimbati waburaniye kuri SKYPE yasabiwe gufungwa imyaka 25 [YAVUGURUWE]

Ubushinjacyaha bwasabiye Uwihoreye wamenyekanye nka Ndimbati gufungwa imyaka 25.Araregwa guha (…)

Ndimbati aratangira kuburana mu mizi

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 13 Nzeri, umukinnyi wa filimi witwa Jean Bosco Uwihoreye uzwi ku (…)

Covid-19 yakereje imanza, isiga inenge muzaburanishijwe ku ikoranabuhanga

Bamwe mu bagana inkiko bavuga ko bahuye n’ibibazo binyuranye mu gihe cya Covid-19, byatumye (…)

Uko Gereza zo mu Rwanda zirutanwa mu kugira abagororwa benshi

Komisiyo y’Igihugu ishinzwe ubureganzira bwa muntu yatangaje ko muri 2019/2020 yasuye amagereza (…)

Igihe Bamporiki azitabira urukiko cyamenyekanye

Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, agiye (…)

Dosiye ya Bamporiki yashyikirijwe ubushinjacyaha

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye ya Bamporiki Edouard (…)

Polisi y’Igihugu yaburiye abagura ibinyabiziga byakoreshejwe gushishoza kabiri

Polisi y’Igihugu yasabye abagura ibinyabiziga byakoreshejwe kurushaho gushishoza, bakamenya niba (…)

Mugabekazi wafunzwe azira kwambara imyenda idasanzwe mu gitaramo yafunguwe

Mugabekazi Liliane waciye ibintu kubera kujya mu gitaramo yambaye imyenda idasanzwe yarekuwe (…)

Mugabekazi wagaragaye mu gitaramo yambaye bidasanzwe yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Umunyarwandakazi witwa Mugabekazi Liliane wagaragaye mu gitaramo cy’umuhanzi Tay C yambaye (…)

Umukozi w’Ikigo gishinzwe Imiturire n’uwa UR batawe muri yombi bakekwaho ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze umukozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe (…)

Karongi:Umukobwa wateye icyuma mwarimu akamwica yaburanishijwe

Umukobwa wo mu Mudugudu wa Nyabiranga, Akagari ka Muhororo mu Murenge wa Murambi mu Karere ka (…)

Musanze: Umuganga yakatiwe igifungo cy’imyaka 25 ahamijwe gusambanya umwana w’imyaka 17 wabonetse yapfuye

Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye igifungo cy’imyaka 25 Muganga Maniriho Jean de Dieu, (…)

Wa mukozi wo mu rugo washinjwaga kwica umwana w’aho yakoraga yakatiwe burundu

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, rwakatiye igifungo cya burundu, Nyirangiruwonsanga Solange, nyuma (…)

Dr Venant Rutunga wari ukuriye ISAR ushinjwa ibyaha bya Jenoside yabwiye urukiko ko nawe yahizwe

Urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru rukorera mu mujyi wa Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda ku wa (…)