skol

Ubutabera

Abanyamakuru ba Iwacu TV basabiwe gufungwa imyaka 22

Ubushinjacyaha bwasabye ko abanyamakuru batatu ba Iwacu TV yakoreraga ku murongo wa (…)

Inteko y’America yemeje umwanzuro usaba u Rwanda kurekura Rusesabagina byihuse

Inteko ishingamategeko ya Amerika, umutwe w’abadepite, yemeje umwanzuro wo gusaba leta y’u (…)

Gasabo: Wa mukozi wo mu rugo ushinwa kwica umwana w’aho yakoraga yabwiye byinshi urukiko

Kuri uyu wa Gatanu Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwatangiye kuburanisha mu ruhame (…)

Umu-Koreya Jin Joseph yabwiye urukiko ko adakwiye gufungwa imyaka 5 kuko afitiye Urwanda akamaro.

Ubushinjacyaha bwashinjuye Jin Joseph bwavuze ko yakatiwe hisunzwe ingingo zitabaho’’

Ikiganiro kirambuye na Dr Bizimana uyobora MINUBUMWE nyuma y’urubanza rwa Bucyibaruta

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri I Paris,mu Bufaransa nibwo hasojwe urubanza rwa Laurent (…)

Karasira Aimable yabwiye urukiko ko ashobora kugwa muri Gereza

Bwana Aimable Karasira Uzaramba uregwa ibyaha bya jenoside arishinganisha ku rukiko rwisumbuye (…)

Ubucamanza bw’u Rwanda buzifashisha amasezerano y’igihe gito mu kwihutisha imanza

Ubucamanza bw’u Rwanda bwatangiye gukoresha Abacamanza n’abanditsi b’inkiko b’amasezerano (…)

Iburanisha ry’umunyarwanda Laurent Bucyibaruta uregwa Jenoside, ryahagaritswe kubera igiturika

Mu rubanza rw’Umunyarwanda Bucyibaruta bikanze iturika ry’igisasu bahita babasohora igitaraganya

Impaka nshya mu rubanza rwa Wenceslas Twagirayezu woherejwe na Denmark

Ikorosi rishya mu rubanza rwa Wenceslas Twagirayezu woherejwe na Denmark

PrinceKid yafunzwe by’agateganyo! Hari abafunze barengana hari n’ababuze ibimenyetso//Mukazayire

Prince Kid yiyongereye kuri ba Ndimbati mu bafungiye by’agateganyo ibyaha bifitanye isano (…)

Nyanza : Padiri akaba n’umuyobizi w’ikigo cy’ishuri arashinjwa guhakana Jenoside

Umuyobozi w’Ishuri rya EAV Mayaga Padiri Eric Iraguha w’imyaka 40, n’umwarimu witwa (…)

Muhanga:Padiri wafunzwe ashinjwa guhana bikabije abanyeshuri yarekuwe ahabwa amategeko yihariye

Urukiko rw’ibanze rwa Gacurabwenge mu Karere ka Muhanga rwarekuye Padiri Ndikuryayo Jean Paul (…)

Ishimwe Dieudonne "Prince Kid"yatanze impamvu 6 zikomeye mu bujurire

Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid,Umuyobozi mukuru w’ikigo Rwanda Inspiration BackUp cyahoze (…)

Hacura iki mu gihe abakomeye bavugwaho ruswa bagakingirwa ikibaba?

Mu binyamakuru byo mu Rwanda hakomeje kugaragaramo inkuru ya Bamporiki Edouard wahoze ari (…)