skol

Ubutabera

Urukiko rwategetse ko Nshimyumuremyi uyobora RHA afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Imiturire, Rwanda (…)

Karake wo mu rukiko rw’Ikirenga yigaramye ruswa ashinjwa ati "n’amafaranga nishyurwaga"

Umukozi w’Urukiko rw’Ikirenga, Karake Afrique uherutse gufatanwa Miliyoni 1,4 Frw bivugwa ko ari (…)

Nshimyumuremyi uyobora RHA yabwiye Urukiko ko afunzwe azira akagambane

Umuyobozi w’ikigo cya Rwanda Housing Authority,Nshimyimuremyi Felixyagejejwe bwa mbere imbere (…)

Dr.Igabe wari washinjwe kwiha impamyabumenyi y’ikirenga atakoreye yafunguwe

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Dr Igabe Egide ukurikiranyweho guhimba, (…)

Umunyamakuru Jado Castar yagabanyirijwe igihano

Urukiko rw’Ubujurire rwa Gasabo,rwagabanyirije igihano umunyamakuru Bagirishya Jean De Dieu uzwi (…)

Urubanza rw’Ubujurire rwa Jado Castar rwongeye gusubikwa

Urubanza rwa Visi Perezida wa kabiri w’Ishyirahamwe ry’umukono w’Intoki wa volleyball rwari (…)

Rusesabagina yasabiwe gufungwa burundu mu bujurire,Sankara asabirwa imyaka 25

Ubushinjacyaha bwasabye urukiko rw’ubujurire ko rwahanisha Paul Rusesabagina igifungo cya (…)

Ikarita ya RMC yarikoroje mu rubanza rwa Cyuma Hassan wa Ishema TV

Kuri uyu wa 21 Gashyantare 2022 Urukiko rw’Ubujurire rwatangiye kuburanisha urubanza (…)

Amb.Gatete Claver yongeye gushyirwa mu majwi mu rubanza rw’inyereza rya za miliyari

Amb.Gatete Claver yongeye gushyirwa mu majwi mu rubanza rw’inyereza rya za miliyari mw’igurwa (…)

Umwavoka ushinjwa kwaka ruswa umukiriya we yasabiwe gufungwa

Umunyamategeko wunganira abandi mu nkiko wo mu Mujyi wa Kigali, akurikiranyweho kwaka Miliyoni 3 (…)

Karasira Aimable yanze kuburanira kuri SKYPE urubanza rurasubikwa

Kuri uru wa gatatu urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza rwa (…)

Pisine ya Dove Hotel yateye impaka mu rubanza ruregwamo abashinjwa kunyereza umutungo wa ADEPR

Impaka zabaye nyinshi mu rukiko bitewe na Pisine ya Dove Hotel ubushinjacyaha buvuga ko (…)

Kayonza: Imam uherutse kwica Ingurube y’umuturage ngo nuko yageze ku musigiti yagejejwe mu bushinjacyaha

IMAM (Umuyobozi w’umusigiti) wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza ashobora guhabwa ibihano birimo (…)

Kigali:Umukozi w’urukiko rw’Ubujurire yaguwe gitumo ari kwakira ruswa y’arenga miliyoni FRW

RIB yafatiye mu cyuho Karake Afrique ukora mu Rukiko rw’Ikirenga ari kwakira ruswa ya miliyoni (…)