skol

Ubutabera

Urubanza rwa Hakuzimana Rashid rwasubitswe

Kuri uyu wa gatatu mu rukiko rwibanze rwa Nyarugenge hari hateganyijwe kubera urubanza ku ifunga (…)

Abayoboke ba DALFA Umurinzi na nyiri UMUBAVU TV bahawe kumara iminsi 30 bafunzwe

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Umunyamakuru Nsengimana Theoneste nyiri Umubavu TV (…)

Urubanza rwa Jean Baptiste Mugimba woherejwe n’Ubuholandi gukurikiranwa ku byaha bya jenoside rwasojwe

Iburanisha ryo kuri uyu wa kabiri ryibanze ku iperereza urukiko rwakoze mu cyahoze ari komisiyo (…)

Gasabo: Yakatiwe imyaka 20 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutera inda umukobwa we

Umugabo wo mu Karere ka Gasabo wahamijwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo icyaha cyo gusambanya (…)

Dr Kayumba Christopher yabwiye urukiko ko hari abari inyuma yo gufungwa kwe

Dr Christopher Kayumba wari umwalimu wa kaminuza wabaye umunyapolitiki ufunze aregwa gufata (…)

Abayoboke ba DALFA Umurinzi barezwe amahugurwa yo guhirika ubutegetsi badakoresheje imirwamo

Ubushinjacyaha bwasobanuye ibyaha bubarega abantu icyenda biganjemo abarwanashyaka ba (…)

Nta mugambi wo kwiba Ayman Kassem nigeze ngira-CSP Kayumba mu rukiko

CSP Kayumba Innocent wunganiwe na Me Ngirinshuti Jean Bosco yabwiye urukiko ko kugira ngo (…)

Musanze: Uwari umuyobozi w’ishuri yahamijwe icyaha cy’ivangura akatirwa imyaka irindwi y’igifungo

Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye uwari umuyobozi w’ishuri ryisumbuye rya Cyapa, igifungo (…)

Uwari umukozi wa Kizito Mihigo yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 n’igice

Umucamanza mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge i Kigali yahanishije igihano cy’igifungo (…)

Muhanga: Imiryango irahishira uwateye inda umwana na we imwita umwana

Mu murenge wa Shyogwe hari umwana w’umukobwa watewe inda yiga mu mashuri abanza, ariko imiryango (…)

Musanze: Hashyizweho amatsinda yo kugaragaza ihohoterwa rikorerwa abagore n’abana

Mu karere ka Musanze, haravugwa amatsinda akurikirana ihohoterwa rishingiye ku gitsina (…)

Huye: Umugabo afunzwe ashinjwa gutwika abana be abaziza kumwiba 5000 FRW

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugore w’imyaka 38 ukekwaho gutwika (…)

Ubushinjacyaha bwajuririye imikirize y’urubanza rwa Rusesabagina na bagenzi be 20

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko bwajuririye imikirize y’urubanza ruregwamo Paul (…)

Rulindo: Yabyaye impanga ku myaka 17 abana n’umugabo amezi abiri

Umukobwa wo mu murenge wa Base akarere ka Rulindo, yavuye iwabo agiye gushaka akazi ko mu rugo, (…)