skol

Ubutabera

Muhanga: Hakurikiranywe uwibye umwana, uwateye inda yidegembya

Umwana w’umukobwa wigaga mu mwaka wa gatatu w’amashuri yisumbuye yatewe inda, nyuma yibwa umwana (…)

Musanze: Uwasambanyije umwana ashaka kumugira umugore yakatiwe igifungo cy’imyaka icumi

Kuwa gatatu, tariki ya 05 Gicurasi 2021, ubushinjacyaha bwasabiye umusore Dushimimana Bonheur (…)

Rusizi: Abana basigiwe uburwayi n’uwabasambanyije ntibavuzwa

Umugabo wasambanyije abana batanu mu murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi yakatiwe burundu, (…)

Musanze: Umwana w’imyaka 10 yafatiwe ku ngufu mu ishyamba

Abatuye ku isanteri ya Kabaya muri Musanze bavuga ko hari umugabo wafashe ku ngufu umwana (…)

Musanze: Uwatewe inda n’umusirikare arasaba ubuyobozi bwa RDF kumurenganura

Mu mwaka wa 2017, Ange wari ufite imyaka 17 yiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye, nibwo (…)

Bugesera: Abana birirwa mu mudugudu bonyine bigaha urwaho ababafata ku ngufu

Mu mudugudu wa Mbuganzeri, utujwemo abimuwe mu birwa bya Mazane na Sharita, haboneka abana (…)

Kigali: Umubyeyi w’umwana watewe inda ku myaka 13 yaramubuze

I Nyamirambo hari umugore wacuruje umwisengeneza we bigera aho asama inda ku myaka 13, nyina (…)

Muhanga: Abakobwa batewe inda basabwa guterwa izindi ngo bakomeze guhabwa indezo

Bamwe mu bakobwa babyariye iwabo incuro zirenze imwe bavuga ko nta mahitamo bari bafite, ngo (…)

Musanze: Umusore yateye umukobwa inda ahita ashyingiranwa n’undi

Umukobwa wari ukirangiza amashuri yisumbuye wo mu murenge wa Muhoza, akarere ka Musanze, avuga (…)

Urukiko rwashimangiye ko Hoteli y’umuryango wa Rwigara itezwa cyamunara

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Urukiko rw’Ubucuruzi mu Rwanda rwatesheje agaciro ikirego (…)

Visi perezida wa FRVB,Jado Castar, yakatiwe igifungo cy’imyaka 2

Visi perezida wa kabiri w’ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda,Bagirishya Jean de (…)

Nyabihu: Abana batewe inda basabirwa inkunga y’ibiryo, nta butabera

Mu mudugudu wa Kabyaza mu karere ka Nyabihu, abana 7 mu ngo 200 batewe inda, barimo Uwineza( (…)

Ruhango: Agahinda k’umukobwa wabyaranye n’umugabo wa nyina agatereranywa

Mu murenge wa Byimana hari umukobwa wabuze epfo na ruguru nyuma yo guterwa inda n’umugabo wa (…)

Abaregwa gushaka gutorokesha Nyakwigendera Kizito Mihigo Basabiwe Gufungwa Imyaka 7 n’Igice

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda burasabira igifungo cy’imyaka irindwi n’igice n’ihazabu ya miliyoni (…)

Ubushinjacyaha bwatangiye gushyira hanze imyirondoro y’abahamwe n’ibyaha byo gusambanya abana

Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda, bwashyize hanze urutonde rw’abantu 322 bahamijwe mu buryo (…)