skol
fortebet

Ubuzima

Kicukiro:Umukobwa wicuruzaga yasanzwe muri Lodge yapfuye

Umukobwa wari uzwi ku izina rya Karashika uri mu kigero cy’imyaka 23 yasanzwe mu icumbi yari (…)

Dr Vuningoma wari umuyobozi wa RALC yashyinguwe

Kuri uyu wa Gatandatu taliki 25, Mutarama, 2020 nibwo uwari umuyobozi w’Inteko nyarwanda (…)

Nyanza: Kanyamuhanda uherutse kwica umugore we yarashwe arapfa ubwo yashakaga gucika Polisi

Umugabo witwa Kanyamuhanda Jean Bosco wo mu Karere ka Huye ukekwaho icyaha cyo kwica umugore we (…)

MINISANTE yaburiye abanyarwanda ku cyorezo cyadutse mu bihugu byo muri Aziya

Minisiteri y’Ubuzima irasaba abaturarwanda bose, cyane cyane abakora ingendo zijya mu mahanga (…)

Bamwe mu mpunzi zaturutse muri Libya barifuza gusubizwa iwabo muri Somalia

Bamwe mu mpunzi zaturutse muri Libya baratangaza ko nubwo bishimiye ko nta ngorane bafite ubu (…)

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa RALC yitabye Imana azize uburwayi

Umunyamabanga w’Inteko Nyarwanda y’Umuco n’Ururimi Dr Vuningoma James yitabye Imana azize (…)

Abakingira Ebola bavuze ku bihuha bisebya urukingo rwayo n’impamvu bataruha ababyeyi batwite

Hagiye havugwa ibihuha byinshi ku rukingo rwa Ebola ko rutera abantu uburemba ndetse bigatuma (…)

Impamvu MINISANTE yabanje gukingira Ebola abantu ibihumbi 3 gusa muri miliyoni zisaga 12 z’Abanyarwanda yamenyekanye [Yavuguruwe]

Kuwa 08 Ukuboza nibwo ku mipaka y’u Rwanda yegereye Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo (…)

Kicukiro :Umukozi wa Rwandair yarohamye muri Pisine arapfa

Umusore witwa Albert Ngaboyisonga wakoreraga ikigo cy’indege z’u Rwanda “Rwandair” yarohamye (…)

RIB iri gushaka Augustin Niyitegeka washinze ishyaka NDP ritaremerwa mu Rwanda waburiwe irengero

Ikigo cy’igihugu cy’ubugenzacyaha cyatangaje ko kiri gushakisha uwitwa Augustin Niyitegeka (…)

Mugabo Pie wabaye Minisitiri muri guverinoma ya mbere y’ubumwe yitabye Imana

Mugabo Pie wigeze kuba Minisitiri w’Imibereho myiza y’abaturage muri Guverinoma ya mbere (…)

Madamu Jeannette Kagame yahaye inama ikomeye abashakanye yatuma bubaka umuryango mwiza

Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame,yagiriye inama ikomeye abashakanye ko ibanga (…)

Rubavu: Umugabo yagiye gukiza umugore n’umugabo barwanaga birangira ahasize ubuzima

Umugabo witwa Ntakasigaye Bizimungu yaraye yishwe n’umugabo witwa Cyiza Simon wamuteye icyuma, (…)

Rwandair yavuze ku byavuzwe ko indege yayo yahiriye muri Israel

Kompanyi ya Rwandair ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, yahakanyeamakuru yacaracaye ku (…)

Nyarugenge: Abagizi ba nabi bakase ijosi umusore barangije bamutwikisha lisansi

Umusore witwa Kabayiza Jean Paul uri mu kigero cy’imyaka 23 yabonetse hafi y’irimbi rya (…)