skol
fortebet

Ubuzima

Bakundukize Ruth yameze ibisa n’amabere abiri manini ku kaboko, aratabaza ngo avuzwe

Bakundukize Ruth utuye mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Nyamyumba Akagali ka Busoro Umudugudu wa (…)

Umukecuru w’I Nyanza amaranye SIDA imyaka irenga 20 agikomeye, ese yabigenje ate? Avuga ko inzu abamo ariyo kibazo (Video)

Mukagasana, ni umukecuru wo mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza, ahazwi nk’I Nyamiyaga. (…)

Beatrice Wavuze ngo ’Mbana n’Ibiraya hano, Yesu Weee Indaya Mbaya’ yarize ubwo yabonaga ubufasha[VIDEO]

Umukecuru witwa Nyiransabima Beatrice utuye mu Karere ka Kicukiro mumugi wa Kigali nimwe mubantu (…)

Muhanga: Abangavu 291 baheruka kubyara batiteguye, irari ry’ibigezweho ku isonga y’iki kibazo

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Uwamaliya Beatrice yavuze mu ibarura bakoze mu mezi atatu ashize (…)

Bishop Tom Rwagasana yeruye avuga byinshi kuri ADEPR yigeze kubera umuyobozi

Bishop Rwagasana Tom, wigeze kuba Umuvugizi wungirije w’Itorero ADEPR yahaye ikiganiro Umuryango (…)

Hari abahura n’ikibazo cyo kunanirwa gutera akabariro, ese biravurwa? Umva icyo abaganga babivugaho

Ubusanzwe umuntu muzima agira imbaraga zimusunika zimwerekeza ku kumva ashaka gukora imibonano (…)

Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga

Asthma (soma asima) ni indwara y’ubuhumekero yongera ubukana bitewe n’umubiri w’umuntu ku giti (…)

Inama ku bagabo bagira intege nke mu gihe cyo gutera akabariro n’icyo bakora ngo birinde cyangwa bivuze

Gucika intege ku bagabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni bimwe mu bimenyetso biza mu buryo (…)

Igeragezwa ry’urukingo rwa Ebola rirakomereza mu Rwanda, ese abo rwagiraho ingaruka babaza nde?

Kuva ejo taliki 15/4/2019 Minisiteri y’Ubuzima igiye gutanga urukingo rwa Ebola “rVSV-ZEBOV” “ (…)

Ese ikibazo cyangwa indwara yo kunanirwa gutera akabariro no kubaka urugo iravurwa igakira?

Ubusanzwe Libido ni imbaraga zisunika umuntu zimwerekeza ku kumva ashaka gukora imibonano (…)

Indwara za karande zigera kuri 95% ziravurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti y’ibimera: Dr. Murugu

Dr. Peter Murugu Dr. Peter Murugu, umuganga uturuka muri Kenya ubu wanafunguye ivuriro rivura (…)

Dr Murugu yafunguye amarembo mu Rwanda, arasaba kumwizera ubundi amibe igahinduka amateka

Dr Peter Murugu ukomoka muri Kenya ni umuvuzi ukoresha ibimera, akavura zimwe mu ndwara (…)

Musanze: Hari imiryango yaboneje urubyaro igirwaho Ingaruka n’uburyo ikoresha

Mu Karere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru hari imiryango itifujwe gutangazwa amazina ivuga ko (…)

Komisiyo y’Abakozi ba Leta yasabye Minisante kwirukana abakozi bayo batanze akazi mu buriganya

Mu ibaruwa yo ku italiki 5/11/2018 Komisiyo y’abakozi ba Leta yandikiye Minisante yayisabye (…)

MINISANTE yahaye ibigo nderabuzima moto 217 na mudasobwa zirenga 500[AMAFOTO]

Minisiteri y’ Ubuzima yatangije ku mugaragaro igikorwa cyo guha ibigo nderabuzima amapikipiki na (…)