skol
fortebet

Ubuzima

Mu bakobwa 100 b’ abanyarwandakazi 7 batwara inda zitateganyijwe

Minisiteri y’ ubuzima mu Rwanda yatangaje ko imibare y’ abagana serivise zo kuboneza urubyaro mu (…)

Ngoma: Yahumye amaso yombi umugabo amutana abana batatu ubu babayeho nabi

Mu 2010 amaze guhuma amaso yombi umugabo we yahise amuta, ubu amaze imyaka umunani (8) mu buzima (…)

Abanyarwanda ibihumbi 18 babana umwe yaranduye SIDA undi ari muzima

Mu 2005 nibwo umugore wa Kimonyo (izina ryahinduwe) yitabye Imana amarabira. Nyuma y’urupfu (…)

Ruhango: Umugabo ufite umugore n’ abana amaze imyaka 10 aba mu mwobo

Umugabo witwa Bayiramye Jean Pierre wo mu mudugudu wa Kamugaru, akagali ka Bunyogombe mu murenge (…)

Ngoma: Imibu idasanzwe iradwiga abaturage bakazana ibisebe

Abatuye mu murenge wa Jarama mu karere ka Ngoma mu ntara y’ Iburengerazuba bugarijwe n’ ikibazo (…)

Nyanza: Isoko rya Kirambi rirema kabiri mu cyumweru nta bwiherero rigira

Abarema isoko rya kirambi riherereye mu murenge wa Nyagisozi ho mu karere ka Nyanza, baravuga ko (…)

Kamonyi : Umubyeyi aravuga ko yagiye mu musarane umwana akamucika akagwamo

Mu masaha y’ umugoroba w’ akabwibwi tariki 3 Nyakanga 2018 nibwo mu Mudugudu wa Kabuga, Akagari (…)

MINISANTE na Burera mu muganda wo kubaka amavuriro y’ ibanze 7

Ministiri w’Ubuzima Dr Diane Gashumba kuri uyu wa 30 Kamena 2018 yifatanyije n’ubuyobozi (…)

Minisiteri y’ubuzima yatangiye kwica imibu iyisanze mu bishanga

Minisiteri y’Ubuzima ifatanije Minisiteri y’Ingabo kuri uyu wa 28 Kamena 2018, batangije ku (…)

Rutsiro: Umuganga aravugwaho kubyariza iwe mu rugo umugore yateye inda akamupfiraho

Uwineza Marie Claire yitabye Imana arimo kubyarira mu rugo rw’ umuganga bivugwaho ko yamuteye (…)

Buri twita rigomba kuba ryateguwe kandi birashoboka

Inda zitateganyijwe ntabwo zigaragara mu bakobwa n’ abasore gusa ahubwo n’ abagore bubatse nabo (…)

Ibihumbi 3 bavuye IWAWA barongera baba inzererezi, igisubizo kitezwe kuri Tabara Mubyeyi

Abantu basezerwa mu bigo ngororamuco bagera hanze bamwe bagasubira mu buzererezi no mugukoresha (…)

U Rwanda ruri ku mwanya wa mbere ku Isi mu kugabanya imfu z’ abicwa na SIDA

Minisiteri y’ ubuzima mu Rwanda ivuga ko u Rwanda aricyo gihugu cya mbere cyarushije ibindi (…)

Umwongereza kabuhariwe mu kubaga umutima agiye gufatanya n’ u Rwanda kubaka ikigo kivura umutima

Umunyamisiri w’ Umwongereza umaze kubaga abarwayi b’ umutima barenga 20 000 wananditse ibitabo (…)

MINISANTE yavuze impamvu SIDA itakivugwa cyane

Minisiteri y’ Ubuzima mu Rwanda yagaragaje impamvu zituma agakoko gatera SIDA katakivugwa cyane (…)