skol
fortebet

Ubuzima

Kigali: Umugore yafatanywe uruhinja yibye

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umugore wari wibye uruhinja rw’amezi abiri mu Murenge wa (…)

2019 abarenga ibihumbi 3 bazatangira kwivuriza mu bitaro by’ akarere ka Nyarugenge

Kuri uyu wa Gatanu tariki 9 Gashyantare nibwo abayobozi barimo na Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane (…)

14 bafatiwe mu bikorwa byo kurwanya ikorwa n’icuruzwa ry’inzoga zitemewe

Ku cyumweru tariki ya 4 Gashyantare, abantu 14 bo mu turere twa Huye na Gisagara, bafashwe na (…)

Ruhango: Batandatu batawe muri yombi bangiza ishyamba rya Leta

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Mutarama , abantu 6 baterewe muri yombi mu ubwo bari mu bikorwa (…)

Iwawa: 989 bakoreshaga ibiyobyabwenge barasubizwa mu buzima busanzwe

Umujyi wa Kigali, Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego zishinzwe umutekano ndetse n’Ikigo cy’igihugu (…)

Muhanga: Umugore yatwitse umwana we akoresheje umuhoro ushushye

Mu karere ka Muhanga Uwitije Beatrice utuye mu kagari ka Makera, mu murenge wa Cyeza yatwitse (…)

Muhanga: Mayor ntiyemeranya n’abana bivugira ko ari inzererezi barara mu muferege

Mu mpera z’umwaka wa 2017 Umuyobozi w’ akarere ka Muhanga Uwamariya Beatrice yatangaje ko abana (…)

Igice gikorerwamo amasabune muri gereza ya HUYE cyafashwe n"inkongi

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 28 Mutarama 2018 ahagana saa yine z’ijoro nibwo muri Gereza ya Huye mu (…)

Muhanga: Ruswa mu itangwa ry’inzu zari zigenewe abarokotse Jenoside

Bamwe mu barokotse Jenoside bo mu Karere ka Muhanga bemeza ko batishoboye bavuga ko kuva iyi (…)

Kirehe: Litiro 10,000 z’inzoga z’inkorano n’ibiro 1,250 by’urumogi by’agaciro ka miliyoni 25Rwf byatwitswe

Ubukangurambaga bwo kwirinda, gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge, kuwa kane tariki ya 25 (…)

Kicukiro: Polisi irashakisha umugore watwikiye umugabo mu nzu, ibicuruzwa byakongotse

Kicukiro ahazwi nka Sahara umugore yatwikiye umugabo we mu nzu ahagana saa tanu z’ijoro ryo kuri (…)

Kigali: Abatuye Bannyahe bagarageje impungenge mu guhabwa inzu Kicukiro nk’ingurane

Abatuye mu midugudu ya kangondo I,Kangondo II, na Kibiraro,yose yo mu kagali ka Nyarutarama mu (…)

Abafite uburwayi bw’ingingo basabwe kwivuza kare

Bamwe mu bafite uburwayi bw’ingingo bavuga ko ubuke bw’amavuriro yihariye, bituma kuzikira (…)

U Rwanda rwahagaritse amata n’ibiribwa by’abana bikorwa by’uruganda ‘Lactalis Group’ rwo mu Bufaransa

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (Minisante), yahagaritse amata y’ifu y’abana n’ibindi biribwa (…)

Kicukiro: Umugabo yarwanye n’ umugore amuhunze akubita umwana we amukura iryingo

Umugabo wo mu karere ka Kicukiro arafunze nyuma yo gukubita umwana we akamukura iryinyo ubwo (…)