skol
fortebet

Ubuzima

Prof Kalisa Mbanda wayoboraga NEC yahitanwe n’uburwayi

Prof Kalisa Mbanda wari Umuyobozi wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yitabye Imana azize uburwayi (…)

Minisitiri w’Uburezi yihanganishije ababyeyi b’umwana wahitanwe n’impanuka ya bisi

Umwe mu bana 15 bakomerekeye mu mpanuka yabereye ku Irebero mu Mujyi wa Kigali,yitabye Imana (…)

Umwana umwe mu bari muri Bisi yakoze impanuka yapfuye

Umwana witwa Kenny Mugabo uri muri 25 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yari ibajyanye ku ishuri (…)

Amwe mu mateka ya Dr Francois Xavier Kalinda wagizwe Senateri

Kuri uyu wa 06 Mutarama 2023,Perezida Paul Kagame yashyize Dr Francois Xavier Kalinda muri Sena (…)

Impumeko ya bamwe ku munsi wa mbere abakozi batangira akazi saa tatu

Kuri uyu wa Gatatu ni bwo bwa mbere abakozi bagiye ku kazi nyuma y’uko Inama y’abaminisitiri (…)

"Nta hantu na hamwe utegekwa gutanga inkwano ngo ubone guhabwa isezerano"-MIGEPROF

Umunyamabanga uhoraho wa Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango,Mireille (…)

Abakozi ba Leta bashyizwe igorora mu minsi mikuru isoza umwaka

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho iminsi 2 (…)

Ubwongereza bwatsinze urubanza rwo kohereza abimukira mu Rwanda

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu mu Bwongereza yatsinze urubanza rwabuzaga umugambi wabwo wo (…)

Nyabugogo:Umugabo yapfiriye muri resitora by’amayobera

Ahagana saa sita z’amanywa yo kuri uyu wa gatandatu nibwo umuturage ukomoka muri Repubulika (…)

Habaye umuhango wo kwibuka abazize ibitero bya FLN muri Nyungwe [AMAFOTO]

Imiryango y’abazize ibitero by’Umutwe w’Iterabwoba wa MRCD-FLN wayoborwaga n’abarimo (…)

Rwamagana:Gitifu yaraye mu muferege kubera inzoga bucya asezera ku kazi

Uwari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Bihembe gaherereye mu Murenge wa Nyakariro mu (…)

Ibidasanzwe kuri Dr Iyamuremye Augustin wakamiwe n’ingoma 3 akanigisha abakomeye

Dr Iyamuremye Augustin wari umaze imyaka 3 ari Perezida wa Sena y’u Rwanda yeguye kuri izi (…)

Perezida Kagame yashyizwe ku rutonde rw’abanyafurika 100 bavuga rikijyana

Ikinyamakuru New African Magazine gikorera i London mu Bwongereza cyashyize hanze urutonde (…)

Polisi y’u Rwanda yasabye ikintu gikomeye abarenga ibihumbi 80 bamaze kwiyandikisha gukorera Perimi

Polisi yu Rwanda yasabye abakeneye gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga, kujya (…)

Dr Nsanzimana Sabin yihaye umukoro ukomeye nyuma yo kurahirira kuba Minisitiri w’Ubuzima

Minisitiri w’Ubuzima mushya,Dr Nsanzimana Sabin,yavuze ko ibibazo biri muri iyi Minisiteri abizi (…)