skol
fortebet

Ubuzima

Perezida Kagame na Gen Muhoozi muri Siporo igamije kurwanya kanseri y’ibere (AMAFOTO)

Kuri iki Cyumweru taliki ya 16 Ukwakira 2022, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, (…)

Perezida Kagame yatembereje abasenateri ba Amerika mu rwuri rwe [AMAFOTO]

Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’Abasenateri ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abatembereza (…)

Minisitiri Gatabazi yavuze ku mujepe wamukebuye agiye kubangamira Perezida Kagame

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney,yashimiye umwe mu bashinzwe (…)

Imbwirwaruhame n’amagambo yavuzwe na Bamporiki agatuma benshi bacika ururondogoro

Bamporiki Edouard,wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco aheruka (…)

Mu nzego z’abikorera haje ku isonga mu higanje ruswa ishingiye ku gitsina

Ubushakashatsi bw’Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane (Transparency International (…)

MINEDUC yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta kubo mu mashuri abanza n’icyiciro rusange

Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyirico (…)

Minisante yahumurije abanyarwanda batewe ubwoba na Ebola imeze nabi Uganda

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Mpunga Tharcisse, (…)

Rubavu: Umusaza yaraye mu ihema nyuma y’uko ubuyobozi buteje cyamunara imitungo ye

Umusaza witwa Sekidende Hamisi w’ahitwa Mbugangari mu karere ka Rubavu yaraye mu ihema ndetse (…)

Hasohotse amabwiriza avuguruye yo kubakisha amatafari ya Rukarakara

Ikigo cy’u Rwanda Gishinzwe Guteza Imbere Imiturire cyasohoye Amabwiriza avuguruye y’Umuyobozi (…)

MINISANTE yasabye Abanyarwanda gukaza ingamba zo kwirinda Ebola

Minisiteri y’Ubuzima yasabye abaturarwanda gukaza ingamba zo kwirinda ko Ebola yagera mu Rwanda (…)

Ibihugu byo mu karere ka EAC bifite ubwoba bw’icyorezo cya Ebola kivugwa muri Uganda

Muri Uganda haravugwa ubwandu bushya bwa Ebola bugera kuri 6 nkuko byemezwa n’inzego z’ubuzima (…)

Nta tafari rikigeretse ku rindi muri Kibiraro na Kangondo

Inzu zo mu kajagari ko mu midugudu ya Kangondo na Kibiriraro kazwi cyane nka ‘Bannyahe’ zamaze (…)

Perezida Kagame yageze I London mu muhango wo gutabariza Umwamikazi

Perezida Paul Kagame yageze i London mu Bwongereza, aho yitabiriye umuhango wo gutabariza (…)

FDA yahagaritse umuti wari umaze imyaka myinshi ukoreshwa mu kuvura inkorora

Ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa FDA cyahagaritse umuti usanzwe (…)

Abagera kuri 76% by’abari batuye Kangondo na Kibiraro bamaze kwimurirwa Busanza

Abari batuye mu kajagari kazwi cyane nka Bannyahe ko mu kagari ka Nyarutarama i Kigali bakomeje (…)