skol
fortebet

Igisubizo ku bashakanye batakibasha gutera akabiriro uko bikwiye

Yanditswe: Thursday 06, Mar 2025

featured-image

Sponsored Ad

Hirya no hino mu gihugu, usanga hari abashakanye batakibasha gutera akabariro uko bikwiye ndetse rimwe na rimwe ugasanga buri umwe ashinja undi amakosa cyangwa ugasanga bayagereka mu bundi burwaye batewe n’abanntu burimo nk’uburozi n’ibindi.

Sponsored Ad

Uku kutubahiriza neza igikorwa cyo mu buriri usanga bigira ingaruka zitandukanye zirimo, gusenyuka kw’ingo zimwe na zimwe, kwahukaba biterwa na bamwe mu bagabo batubahiriza inshingano zabo mu buriri, aho usanga bamwe bacika intege mu gihe cyo gutera akabariro, abandi babikora bikaba nko kubipa n’ibindi.

Shangazi umwe mu bajyanama mu kubaka ingo avuga ko ibi bibazo ari ibibazo biganirwaho ndetse bikavurwa bigakira.

Agira ati”Dufite ikibazo gikomeye ku bagabo bafite ibibazo byo kurangiza vuba.. biba biteye agahinda iyo ubona umugabo ashatse umugore bamaranye ukwezi amezi abiri, akaza ambwira ngo nta kintu mbasha gukora byaranze burundu”.

Shangazi akomeza avuga ko ikibazo cyo gutera akabariro biri mu byiciro bitandukanye by’abantu yaba abakuze n’abato.

Shangazi agira inama ko iki kibazo yagikemuye aho afite umuti uvura ibyo bibazo umugabo agasubirana icyubahiro mu rugo rwe.

Ati”Tera intambwe wowe gusa uhagere ufate umuti ubikore nk’ugerageza”.

Hari abatanga buhamya bafashe kuri uwo muti, uyu munsi bari gushima Shangazi bitewe nuko bongeye kugira ijambo imbere y’abafasha babo.

Abagore kandi batagira ubushake mu mwanya w’amatembabuzi hakaza Ibintu by’ifuro binuka na we igisubizo uragisanga kwa Shangazi.

Ku bakobwa n’abagore bataraca imyeyo mugane Shangazi abafashe hato mutazasenya ingo muzira kudaca imyeyo.

Shangazi akorera mu Mujyi wa Kigali hafi y’ahahoze gereza ukeneye ibindi bisobanura wanahamagara kuri nomero 0783441825. Aho waba uri hose waba uherereye Amerika, Canada hose ku isi umuti ukugeraho.

Kurikira ikiganiro:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa