skol
fortebet

Mineduc yasohoye amabwiriza mashya yo kwirinda Marburg mu mashuri

Yanditswe: Friday 25, Oct 2024

featured-image

Sponsored Ad

Hashize iminsi minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda ishyizeho amabwiriza agenga amashuri arimo ko ababyeyi bagomba guhagarika kujya gusura abana babo mu mashuri, no gusaba ibigo by’amashuri kugira uburyo bwo gupima no gukurikiranira hafi ubuzima bw’abanyeshuri hagamijwe ku barinda.

Sponsored Ad

Nyuma y’aho iyi minissiteri itangarije ko icyorezo cya Marburg cyatangiye kugenza make kubera ingamba zihuriyeho zo kugikumira, kuri ubu yashyizeho andi mabwiriza avuguruye ibigo by’amashuri bisabwa kubahiriza kugirango guhashya Maburg bigerweho byuzuye.

Muriyo , ubu noneho gusura abanyeshuri bacumbikiwe ku mashuri ubu birasubukuwe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa