Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwavuze ku kibazo cyabutuye mu manegeka
Yanditswe: Friday 19, May 2023

Umujyi wa Kigali uvuga ko wamaze gutegura ubufasha bugenewe abazimurwa ahashyira ubuzima bwabo mu kaga. Burimo kubakira cyangwa gusanira inzu abasanzwe bazitunze. Na ho abakodesha bagakodesherezwa.
Muri Kigali hamaze kubarurwa imiryango ibihumbi 6 ituye mu manegeka, irimo ibihumbi 3 igomba kwimuka cyangwa gusana inzu.
RBA yagiranye ikiganiro n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence asobanura birambuye uko ibikorwa byo kwimura abaturage mu manegeka biri (...)
Umujyi wa Kigali uvuga ko wamaze gutegura ubufasha bugenewe abazimurwa ahashyira ubuzima bwabo mu kaga. Burimo kubakira cyangwa gusanira inzu abasanzwe bazitunze. Na ho abakodesha bagakodesherezwa.
Muri Kigali hamaze kubarurwa imiryango ibihumbi 6 ituye mu manegeka, irimo ibihumbi 3 igomba kwimuka cyangwa gusana inzu.
RBA yagiranye ikiganiro n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence asobanura birambuye uko ibikorwa byo kwimura abaturage mu manegeka biri kugenda.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *