skol
fortebet

Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwavuze ku kibazo cyabutuye mu manegeka

author-image

Yanditswe na: Rebecca UFITAMAHORO
Kuwa: Friday 19, May 2023

Ubuyobozi bw'umujyi wa Kigali bwavuze ku kibazo cyabutuye mu manegeka

Sponsored Ad

skol

Umujyi wa Kigali uvuga ko wamaze gutegura ubufasha bugenewe abazimurwa ahashyira ubuzima bwabo mu kaga. Burimo kubakira cyangwa gusanira inzu abasanzwe bazitunze. Na ho abakodesha bagakodesherezwa.
Muri Kigali hamaze kubarurwa imiryango ibihumbi 6 ituye mu manegeka, irimo ibihumbi 3 igomba kwimuka cyangwa gusana inzu.
RBA yagiranye ikiganiro n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence asobanura birambuye uko ibikorwa byo kwimura abaturage mu manegeka biri kugenda.

Umujyi wa Kigali uvuga ko wamaze gutegura ubufasha bugenewe abazimurwa ahashyira ubuzima bwabo mu kaga. Burimo kubakira cyangwa gusanira inzu abasanzwe bazitunze. Na ho abakodesha bagakodesherezwa.

Muri Kigali hamaze kubarurwa imiryango ibihumbi 6 ituye mu manegeka, irimo ibihumbi 3 igomba kwimuka cyangwa gusana inzu.

RBA yagiranye ikiganiro n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence asobanura birambuye uko ibikorwa byo kwimura abaturage mu manegeka biri kugenda.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa