skol

Ubuzima

Abanyeshuri bo muri Sudani baje kurangiriza amasomo yabo i Kigali bahishuye icyo biteze

Abanyeshuri 200 bo muri Sudan biga ibijyanye n’ubuvuzi bagiye gukomereza amasomo yabo muri (…)

Ese umugore utwite ajya mumihango?None se iyo ayigiyemo biba byatewe n’iki?SOBANUKIRWA

Ese umugore utwite ajya mumihango?None se iyo ayigiyemo biba byatewe n’iki? Ese ubwo iyo nda (…)

Menya impamyabumenyi Ange Kagame wahawe akazi muri Perezidansi afite

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagize umukobwa we, Ange Kagame umuyobozi (…)

Sobanukirwa akamaro gakomeye k’imputo za watermelon benshi bajugunya

Akenshi usanga abantu batandukanye barya watermelon bakunda gupfusha ubusa imbuto zayo ,kuko (…)

Ukwezi kwa Nyakanga kwinjiye mu mateka y’isi mu kugira ubushyuhe bukabije

Abahanga mu bumenyi bw’ikirere ku Isi bavuga ko mbere ya Nyakanga ndetse no muri Nyakanga ari (…)

Nyamasheke:Byagenze bite ngo Winifride yisange asezeranira mu bitaro?

Umugeni wo mu karere ka Nyamasheke witwa Nyirandagijimana Winifride yasezeraniye mu bitaro, (…)

Nyuma ya Musanze, indi mpanuka ikomeye ibereye Nyamasheke

Imodoka yo mu bwoko bwa ‘Toyota Hiace’ yagonganye n’ikamyo mu Karere ka Nyamashake, umushoferi (…)

Muhanga: Ba bana 10 barohamye muri Nyabarongo bashyinguwe mu cyubahiro

Imibiri 10 y’abana barohamye muri Nyabarongo ku wa 17 Nyakanga 2023, bashyinguwe mu cyubahiro, (…)

Louise Mushikiwabo yagize ibyago

Umunyabanga mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa, Madamu Louise Mushikiwabo, yatangaje (…)

Muhanga: Abana 14 barohamye muri Nyabarongo , 11 baburirwa iregero

Abana 14 bo mu karere ka Muhanga, mu Murenge wa Mushishiro baguye muri Nyabarongo, harokorwamo (…)

Rwanda: Byagenze gute ngo umwana yimanike mu mugozi yigana Filme?

Umwana w’imyaka 11 wo mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, yiganye imwe muri filime (…)

Ruhango: Nyabarongo yishe Abanyeshuri babiri barohamye bashaka kuyogamo

Niyomukiza Eric na Niyomugabo Claude Abanyeshuri bigaga mu Mashuri abanza yo ku Murenge wa (…)

Hagiye Gusohoka itegeko rishya rihana umuntu ukora ibiteye isoni mu ruhame

Ingingo itaravuzweho rumwe n’abakoresha imbuga nkoranyambaga ni igaruka ku buryo ibiterasoni (…)

Rwanda FDA yavuze ku muti ukekwaho kwica abana 12 muri Cameroon

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda, Rwanda FDA, cyahumurije (…)