skol

Ubuzima

Gasabo: Abanyeshuri 1800 basanzwemo indwara zo mu matwi

Umuryango Nyarwanda wita ku buzima bw’amatwi (Hearing Health Rwanda), watangaje ko ibikorwa byo (…)

Abajyanama b’ubuzima batangiye guhabwa telefone zikoresha ’AI’

Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gutanga telefone zigezweho ku bajyanama b’ubuzima bose hirya no (…)

Abazatanga atarenze 5000 Frw ya Mituweli bihariye 70%

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique yagaragaje ko imisanzu ivuguruye ya (…)

U Rwanda na Anthropic mu bufatanye bwo gukoresha AI mu burezi no mu buvuzi

Guverinoma y’u Rwanda n’Ikigo cya Anthropic byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye azamara (…)

Menya impamvu hari abantu baseka mu bibabaje

Abantu bakunda guseka mu bibabaje baba ari abahanga cyane mu kugenzura amarangamutima yabo. Iyo (…)

Ubu ni uburyo butanu bwagufasha kugabanya umunaniro kugirango ubone ibitotsi

Burya gusinzira neza nijoro ntibigirwamo uruhare n’aho uryama, ibyo uryamamo, cyangwa uko ijoro (…)

Sobanukirwa indwara ya Emoroyide

Benshi bibaza byinshi ku ndwara ya Emoroyide. Bakibaza ikiyitera, uko ifata n’uburyo bayirinda.

Bwa mbere mu Rwanda hatangiye kubagwa abarwayi b’igicuri

Mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) hatangijwe Icyumweru cyo guhugura ku kubaga indwara (…)

Rwanda: Abarenga miliyoni 2 bivuza indwara z’ubuhumekero buri mwaka

Buri mwaka, abantu barenga miliyoni ebyiri mu Rwanda bivuza indwara z’ubuhumekero, aho usanga (…)

Mu Rwanda hagiye gutangizwa amasomo yo kubaga abarwaye kanseri

Mu gukemura ikibazo cy’abaganga bava mu mahanga ari bake kandi bakagera mu Rwanda inshuro nke, (…)

Nyabihu: Ikigo nderabuzima cya Bigogwe kigiye kugirwa ibitaro

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yagaragaje ko ibigo nderabuzima biri mu Rwanda bizwiho (…)

U Rwanda rugiye gutanga urukingo rurwanya kanseri nyinshi icyarimwe

U Rwanda ruri mu myiteguro yo gutangiza urukingo ruzwi nka ‘Gardasil 9’ rwa virusi izwi nka (…)

RBC iteganya gukingira abahungu,bari mu batera kanseri y’inkondo y’umura abakobwa

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko hari gutekerezwa uko mu gihe kiri imbere (…)

Abaganga b’u Bushinwa bamaze kuvura Abanyarwanda ibihumbi 730

Umuyobozi Ushinzwe serivisi z’Ubuvuzi mu Ntara ya Inner Mongolia, imaze imyaka 45 yohereza (…)

Hari gukorwa iki mu guhangana na Malaria yarwawe n’abarenga miliyoni mu 2025?

Imibare ituruka mu nzego z’ubuzima mu Rwanda irerekana ibimenyetso ko indwara ya malaria yaba (…)