skol
fortebet

Ubuzima

Byinshi ku bumuga bwa ‘Autisme’ butera imyitwarire idasanzwe

‘Autisme’ ni ihinduka ridindiza imikurire n’imikorere y’ubwonko n’imyakura bya muntu bikamuviramo (...)

Menya imiti ushobora kunywa ikagutera kwibasirwa no kurota inzozi mbi

Ni ibisanzwe ko imiti muri rusange ivura indwara runaka ariko ikaba yagusigira izindi ngaruka, (...)

Niba utagendesha ibirenge byawe mu mucanga waracikanwe

Kugenda umuntu akandagiye hasi, atambaye inkweto bigira akamaro gakomeye ku buzima bw’abajya (...)

Impamvu uribwa n’amenyo mu gihe uriye cyangwa unyoye ibikonje cyangwa ibishyushye

Amenyo ari mu bice bigize akanwa kacu. Adufasha mu guhekenya ibiryo tuba turi kurya. Rimwe na (...)

Igihugu cya Ghana cyatangaje ko cyabonye...

Igihugu cya Ghana cyatangaje ko cyabonye umuntu wa mbere wanduye icyorezo cy’ubushita bw’inkenda (...)

Amoko 5 y’ibinyobwa umugore utwite atemerewe kunywa

Umugore wese utwite hari ibinyobwa bitandukanye aba atemerewe kunywa kugira ngo bitamugiraho (...)

Si Diyabete gusa! Ibyago byo gukunda kunywa isukari nyinshi

Iyo bavuze ko kunywa isukari nyinshi ari bibi, abenshi bumva indwara iri guhitana benshi yitwa (...)

U Rwanda rufite icyizere cyo guhashya Vurusi ya Marburg

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko undi muntu umwe yishwe n’icyorezo cya Marburg ku wa (...)

Ni udafata ifunguro ryawe muri ubu buryo uzaba ushyira ubuzima bwawe mu kaga

Uko iterambere rirushaho kwihuta ni na ko hirya no hino ku Isi umubare w’abibasirwa n’indwara (...)

Urukingo rwa Marburg rugiye kugeragezwa bwambere mu Rwanda- Minisante

Kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Ukwakira 2024, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. (...)

Zirikana izi nama z’ingenzi igihe ukora urukundo n’uwo mwashakanye

Hari ingingo z’ingenzi abashakanye bakwiriye kuba bazi by’umwihariko mu gihe bari mu gikorwa (...)

Minisante yafunze Ibitaro bya Nyarugenge nyuma y’imyaka 3 gusa bitangiye

Ibitaro bya Nyarugenge nyuma y’imyaka 3 gusa bitangiye gukora ubu byafunze Abarwayi bimurirwa mu (...)

Umugore w’imyaka 25 yakubiswe n’inkuba iramuhitana

Nyirangirimana Euphraise w’imyaka 25 wo mu Mudugudu wa Musasa, Akagari ka Raro, Umurenge wa (...)

Sobanukirwa ikintu umubiri wawe ukeneye ngo uhagnane n’indwara zirimo n’ibyorezo

Umubiri wa muntu ukora umunota ku munota, kandi hakenerwa bimwe biwufasha gukora inshingano (...)

Menya ibintu byakwereka ko umubiri wawe wuzuyemo imyanda

Muri iki gihe ibyanduza ikirere ni byinshi n’imyanda ni myinshi, ni ngombwa gusukura umubiri (...)

0 | ... | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | 135 | 150 | 165 | ... | 2010