skol

Ubuzima

Amoko 5 y’ibinyobwa umugore utwite atemerewe kunywa

Umugore wese utwite hari ibinyobwa bitandukanye aba atemerewe kunywa kugira ngo bitamugiraho (…)

Si Diyabete gusa! Ibyago byo gukunda kunywa isukari nyinshi

Iyo bavuze ko kunywa isukari nyinshi ari bibi, abenshi bumva indwara iri guhitana benshi yitwa (…)

U Rwanda rufite icyizere cyo guhashya Vurusi ya Marburg

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko undi muntu umwe yishwe n’icyorezo cya Marburg ku (…)

Ni udafata ifunguro ryawe muri ubu buryo uzaba ushyira ubuzima bwawe mu kaga

Uko iterambere rirushaho kwihuta ni na ko hirya no hino ku Isi umubare w’abibasirwa n’indwara (…)

Urukingo rwa Marburg rugiye kugeragezwa bwambere mu Rwanda- Minisante

Kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Ukwakira 2024, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. (…)

Zirikana izi nama z’ingenzi igihe ukora urukundo n’uwo mwashakanye

Hari ingingo z’ingenzi abashakanye bakwiriye kuba bazi by’umwihariko mu gihe bari mu gikorwa (…)

Minisante yafunze Ibitaro bya Nyarugenge nyuma y’imyaka 3 gusa bitangiye

Ibitaro bya Nyarugenge nyuma y’imyaka 3 gusa bitangiye gukora ubu byafunze Abarwayi bimurirwa mu (…)

Umugore w’imyaka 25 yakubiswe n’inkuba iramuhitana

Nyirangirimana Euphraise w’imyaka 25 wo mu Mudugudu wa Musasa, Akagari ka Raro, Umurenge wa (…)

Sobanukirwa ikintu umubiri wawe ukeneye ngo uhagnane n’indwara zirimo n’ibyorezo

Umubiri wa muntu ukora umunota ku munota, kandi hakenerwa bimwe biwufasha gukora inshingano (…)

Menya ibintu byakwereka ko umubiri wawe wuzuyemo imyanda

Muri iki gihe ibyanduza ikirere ni byinshi n’imyanda ni myinshi, ni ngombwa gusukura umubiri (…)

Ibyago byo gusinzira amasaha ahindagurika

Inzobere mu buvuzi zigaragaza ko gusinzira mu masaha ahindagurika bigushyira mu byago byo kuba (…)

Virusi ya Marburg imaze kwica abantu icyenda-Minisante

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko umuntu umwe mu Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 30 (…)

Rwanda: Abamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg bageze ku 8

Kuri iki Cyumweru tariki 29 Nzeri 2024, Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE, yemeje ko abandi bantu (…)

Imibare mishya ya Minisante yerekana ko abantu 300 bahuye n’abarwayi 26 ba Marburg

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yemeje ko hamaze kuboneka abahuye n’abarwayi ba Marbug bamaze (…)

Misante yahumurije Abanyarwanda bikangaga ko Marburg yabashyiramuri Guma mu Rugo

Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yatangaje ko nubwo icyorezo cya Marburg cyagaragaye mu (…)