Abantu benshi bakunze kubika uburoso bw’amenyo mu bwogero cyangwa mu bwiherero, gusa abahanga (…)
Umufa cyangwa se isosi iva mu magufa ikunze kuba iri ku ifunguro ni imwe mu masupu agira (…)
Umwijima ni rumwe mu ngingo z’ibanze z’umubiri w’umuntu, rukaba urw’ingenzi mu rwungano ngogozi, (…)
Mu mafunguro dufata umunsi ku wundi, abamo ibyo turya ari bibisi ndetse n’ibyo turya bitetse. (…)
Inanasi ni urubuto rwamamaye cyane kubera uburyohe n’uburyohere bwarwo. Zihingwa ahantu hakunda (…)
Imbuga nkoranyambaga nubwo zidufasha mu buzima bwacu bwa buri munsi mu koroshya ibintu (…)
Abantu benshi muri iki gihe bigaragara ko bakora cyane mu masaha ya nyuma ya saa sita na (…)
Muri iki kinyejana cya 21 cyiswe icy’umuvuduko, abantu baragenda bahura n’ibibazo abayibayeho (…)
Akenshi dukunda gusoma ibitabo bivuga ku bijyanye n’imirire, tugakunda kugura imbuto zikungahaye (…)
U Rwanda rwamaze impungenge abarusura bava mu mahanga ko nta cyo bakwiye kwikanga kuko ingamba (…)
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO/ OMS) ryatangaje ko nta gihugu gikwiye kuba (…)
Umunyu ni ikirungo gikenerwa mu mubiri w’umuntu kuko ufasha mu mikorere yawo ya buri munsi. (…)
Umwembe ni urubuto ruzwiho kugira intungamubiri nyinshi ndetse n’akamaro kanini ku buzima bwa (…)
Gutegurira umwana amafunguro meza nijoro ni ingenzi mu mikurire ye no kugira ibitotsi byiza. (…)
Uko waba wifuza gutwara inda kose, hari amafunguro ushobora guherera cyangwa ukayarya rimwe, (…)