skol

Ubuzima

Dore amakosa abantu bakora batayazi“gusiga uburoso bw’amenyo mu bwiherero”

Abantu benshi bakunze kubika uburoso bw’amenyo mu bwogero cyangwa mu bwiherero, gusa abahanga (…)

Menya akamaro k’umufa mu ifunguro

Umufa cyangwa se isosi iva mu magufa ikunze kuba iri ku ifunguro ni imwe mu masupu agira (…)

Akamaro k’umutobe w’imboga mu gusukura umwijima

Umwijima ni rumwe mu ngingo z’ibanze z’umubiri w’umuntu, rukaba urw’ingenzi mu rwungano ngogozi, (…)

Bimwe mu byo kurya biba byiza iyo bikoreshejwe ari bibisi

Mu mafunguro dufata umunsi ku wundi, abamo ibyo turya ari bibisi ndetse n’ibyo turya bitetse. (…)

Sobanukirwa ibyiza by’inanasi n’akamaro kayo ku umubiri

Inanasi ni urubuto rwamamaye cyane kubera uburyohe n’uburyohere bwarwo. Zihingwa ahantu hakunda (…)

Dore zimwe mu ngaruka ziterwa no kuba imbata z’imbuga nkoranyambaga

Imbuga nkoranyambaga nubwo zidufasha mu buzima bwacu bwa buri munsi mu koroshya ibintu (…)

Menya akamaro ko gukora siporo mu gitondo ku buzima bwawe

Abantu benshi muri iki gihe bigaragara ko bakora cyane mu masaha ya nyuma ya saa sita na (…)

Menya impamvu abakiri bato aribo baza kwisonga mu bibasirwa n’indwara zo mu mutwe

Muri iki kinyejana cya 21 cyiswe icy’umuvuduko, abantu baragenda bahura n’ibibazo abayibayeho (…)

Dore amakosa akunze gukorwa n’abantu ku bijyanye n’imirire

Akenshi dukunda gusoma ibitabo bivuga ku bijyanye n’imirire, tugakunda kugura imbuto zikungahaye (…)

U Rwanda rwunze murya OMS rumara impungenge abarusura bikanga Marburg

U Rwanda rwamaze impungenge abarusura bava mu mahanga ko nta cyo bakwiye kwikanga kuko ingamba (…)

OMS yasabye ibihugu bikomeje kuburira abaturage babyo bagenderera u Rwanda ko bidakwiye

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO/ OMS) ryatangaje ko nta gihugu gikwiye kuba (…)

Dore ingaruka zo kurya umunyu mwinshi

Umunyu ni ikirungo gikenerwa mu mubiri w’umuntu kuko ufasha mu mikorere yawo ya buri munsi. (…)

Sobanukirwa ibyiza bidasanzwe byo kurya umwembe

Umwembe ni urubuto ruzwiho kugira intungamubiri nyinshi ndetse n’akamaro kanini ku buzima bwa (…)

Amafunguro umwana akwiriye kugaburirwa nijoro

Gutegurira umwana amafunguro meza nijoro ni ingenzi mu mikurire ye no kugira ibitotsi byiza. (…)

Ngaya amafunguro warya akakurinda gusama mu gihe utateganyije

Uko waba wifuza gutwara inda kose, hari amafunguro ushobora guherera cyangwa ukayarya rimwe, (…)