skol
fortebet

Ubuzima

OMS yasabye ibihugu bikomeje kuburira abaturage babyo bagenderera u Rwanda ko bidakwiye

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO/ OMS) ryatangaje ko nta gihugu gikwiye kuba (...)

Dore ingaruka zo kurya umunyu mwinshi

Umunyu ni ikirungo gikenerwa mu mubiri w’umuntu kuko ufasha mu mikorere yawo ya buri munsi. (...)

Sobanukirwa ibyiza bidasanzwe byo kurya umwembe

Umwembe ni urubuto ruzwiho kugira intungamubiri nyinshi ndetse n’akamaro kanini ku buzima bwa (...)

Amafunguro umwana akwiriye kugaburirwa nijoro

Gutegurira umwana amafunguro meza nijoro ni ingenzi mu mikurire ye no kugira ibitotsi byiza. (...)

Ngaya amafunguro warya akakurinda gusama mu gihe utateganyije

Uko waba wifuza gutwara inda kose, hari amafunguro ushobora guherera cyangwa ukayarya rimwe, (...)

Ni ryari umugore utwite aba adakwiye gukora Imibonano mpuzabitsina?

Ni kenshi abagore batwite bibaza niba mu gihe batwite bagakora imibonano niba ntacyo (...)

Niba utajya urya ibisusa umubiri wawe wahombye ibi bintu by’ingenzi

Hari abantu bazi ko ibisusa (amababi y’uruyuzi rweraho ibihaza cyangwa imyungu) bitaribwa, (...)

Nyuma y’Amerika ,WHO nayo irategenya guha u Rwanda miliyari 9 Frw zo guhangana na Marburg

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO) ryatangaje ko ririmo gushaka miliyari (...)

Menya itandukaniro ry’umubu utera Malaria n’indi, benshi baworora batabizi

Umuturage w’i Nyamagabe witwa Nibarere Agnès, avuga ko ahora atambuka ahantu haretse amazi mu (...)

Menya indwara zishobora guterwa n’uburakari bukabije

Uburakari ni amarangamutima asanzwe ku bantu batandukanye, ariko iyo bibaye kenshi kandi mu (...)

Menya ingaruka zo kwicara umwanya munini udacishamo ngo uhaguruke

Inzobere mu by’ubuzima zivuga ko kwicara umwanya munini umuntu adahaguruka bigira ingaruka ku (...)

’Amerika ifite umuhate wo gufasha u Rwanda kurwanya Marburg’ ubu yarugeneye miliyoni 11$

Umuvugizi w’ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko iki gihugu cyatanze hafi (...)

Impamvu udakwiye kongera kunywa imiti wasigaje

Inzobere mu buvuzi ziburira abantu bafata imiti basigaje mu gihe bivuzaga indwara mu bihe (...)

Abagenda kuri moto basabwe kugira amakenga ya kasike birinda Marburg

Mu gihe u Rwanda rukomeje guhangana na virusi ya Marburg abatega nabakoresha moto barasabwa (...)

U Rwanda rwatangiye gukingira Abaganga Marburg nk’urwego yibasiye cyane

U Rwanda rwatangije kuri iki cyumweru gukingira indwara y’umuriro ukabije iterwa na virusi ya (...)

0 | ... | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | 135 | 150 | ... | 2010