skol

Ubuzima

Malariya irimo kwiyongera mu Rwanda –MINISANTE

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yavuze ko indwara ya Malariya mu Rwanda ikomeje kwiyongera (…)

Gusobanuza bidashira, hafi ya buri kintu ni zimwe mu mpinduka zidutegereje mu busaza bwacu

Buri gihe iyo mbonye umusaza cyangwa umukecuru mpita nibuka ko nawe yabayeho inkumi cyangwa (…)

Umunyamakuru Pascal Habababyeyi witabye Imana yenda kurushinga yasezeweho bwa nyuma

Umunyamakuru Pascal Habababyeyi wakoreraga Radio&TV 10 yaherekejwe bwa nyuma, mu gahinda (…)

Abepisikopi Gatolika mu Rwanda bashimangiye ko gukuramo inda ku bushake ari icyaha

Abepisikopi Gatolika mu Rwanda bongeye kugaragaza ko badashyigikiye itegeko ryemerera abantu (…)

Buri segonda umuntu arayandura: Ibyo wamenya kuri Virusi ya Herpes ifata mu myanya y’ibanga

Nibura abantu miliyoni 846 bafite imyaka hagati 15 na 49 banduye indwara yandurira mu mibonano (…)

Ubwiyongere bwa Malariya mu Rwanda buraterwa n’iki?

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) kivuga ko indwara ya Malariya yikubye inshuro ebyiri (…)

Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga yibasira abato n’abakuze

Umusonga ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana byihuse umuntu (…)

Dore uko warinda umwana muto indwara yo gucukuka amenyo

Gucukuka amenyo ni imwe mu ndwara zo mu kanwa zikunze kwibasira abantu bose, ndetse n’abana (…)

OMS yashimye imbaraga u Rwanda rwashyize mu kurandura icyorezo cya Marburg

Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, (OMS) mu Rwanda, Dr Brian Chirombo, (…)

Annie Hawkins-Turner Niwe mugore ufite amabere manini kw’isi

Uyu mugore witwa Annie Hawkins-Turner uzwi kw’izina rya Norma Stitz ukomoka mu gihugu cya (…)

Byinshi kuri Potasiyumu, aho iboneka akamaro kayo ndetse n’ingaruka igihe ibaye nke cyangwa nyinshi

Potassium (soma potasiyumu) nayo ni umwe mu myunyu ngugu y’ingenzi mu mubiri wacu. Buri munsi (…)

Ubwiru buri mu koga amazi akonje

Abantu benshi bakunda kwiyuhagira amazi ashyushye kuruta kwiyuhagira akonje. Nyamara, (…)

U Rwanda rugiye gutangaza ko rwatsinsuye bidasubirwaho icyorezo cya Marburg

Guverinoma y’u Rwanda igiye gutangaza irangira ry’icyorezo cyatewe na Virusi ya Marburg (…)

U Rwanda rumaze kugera ku rwego rwo gupima kanseri ikamenyekana mbereho imyaka 5

Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yahishuye ko u Rwanda rufite ibyuma bipima kanseri (…)

Kigali: 80% by’abagaragaweho n’ibibazo byo mu mutwe kubera ibiyobyabwenge mu mezi 9 ni urubyiruko

Hari ibitaro bivura indwara zo mu mutwe mu Mujyi wa Kigali bigaragaza ko 80% by’abo byakiriye mu (…)