skol

Ubuzima

RBC yatangaje ko umuti urinda kwandura SIDA wa Lenacapavir uzatangira gukoreshwa muri uyu mwaka wa 2026

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko Guverinoma ifite gahunda yo gutangira gutanga (…)

Abarenga ibihumbi 42 banduye igituntu mu myaka irindwi

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare ‘NISR’ igaragaza ko abantu 42.103 banduye indwara (…)

Ubushakashatsi bwagaragaje ibyago byo kugabanya ibilo hakoreshejwe inshinge

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko abantu bagabanya ibilo bakoresheje inshinge nka Mounjaro na (…)

Abana bapfa bataravuka mu Rwanda baragabanyutse mu 2024

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko umubare w’abana bapfa bataravuka (…)

Abagore barenga ibihumbi 35 mu Rwanda bifungishije burundu

Mu Rwanda abagore barenga 35.105 barifungishije burundu nka bumwe mu buryo bwo kuboneza (…)

Abasimburijwe impyiko bakabakaba 90, ababazwe umutima barenze 860: Ubuvuzi bw’u Rwanda mu 2025

Umwaka wa 2025, usize u Rwanda ruhagaze neza muri gahunda yo kwita ku magara y’Abaturarwanda, (…)

Ubuhamya bw’abarwaye Sida bo mu Rwanda bashyingiranywe n’abatayifite

“Tugomba kujya kwa muganga tukareba uko duhagaze” Icyemezo cya nyuma kiba gisigaye ku bagiye (…)

Abarenga ibihumbi 234 bafite Virusi itera Sida mu Rwanda: Urubyiruko rwaburiwe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abafite Virusi itera Sida mu Rwanda (…)

Ubutwari bwa Lt. Gen. Innocent Kabandana buzibukwa iteka - Gen. (Rtd) Ibingira

Igihugu cyose cyagize agahinda gakomeye ubwo cyakiraga inkuru y’urupfu rwa Lt. Gen. Innocent (…)

U Rwanda ruzatangira gupima Mburugu hifashishijwe uburyo bwa ‘rapid test’ mu 2026

U Rwanda ruri mu myiteguro yo gutangiza uburyo bwo gupima mburugu butanga ibisubizo byihuse (…)

Karongi: Abanyeshuri barenga 700 bataye ishuri

Imibare itangwa n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi igaragaza ko mu mwaka w’amashuri 2024-2025 (…)

Gakenke: Umaze kubagwa incuro 14 kubera uburwayi aratabaza

Mu myaka 15 amaze yivuriza mu bitaro binyuranye, Musabinema Laurence w’imyaka 32 amaze kubagwamo (…)

Muri Gashaki bari guhitamo kwivuza magendu nyuma yo kubura serivise z’amenyo

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe kinini (…)

Sida ntivurwa n’amasengesho- RBC

Ubuyobozi bw’ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima bugaragaza ko Virusi itera Sida itavuzwa (…)

Abagore batwite bagiye kujya bafatwa ikizamini gitanga ibisubizo bitatu icyarimwe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abagore batwite bagiye kujya bafatwa (…)