skol

Ubuzima

Umuganga w’Umunyarwanda Yegukanye Igihembo mu Nama Mpuzamahanga y’Ubumenyi bw’Ubwonko muri Georgia

Umuganga w’Umunyarwanda Dr. RUTAYISIRE François Xavier Yegukanye Igihembo mu Nama Mpuzamahanga (…)

U Rwanda rwashyizwe mu bihugu bifite ubushobozi bwo kugenzura ubuziranenge bw’imiti ku rwego mpuzamahanga(ML3)

U Rwanda rwabaye igihugu cya 8 muri Africa cyashyizwe mu rwego rwa "Maturity Level 3(ML3) (…)

Rubavu: Gitifu urwaje amavunja yiswe amashitani yasabwe gutanga ibisobanuro

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bvuga ko bwandikiye ibaruwa Umunyamabanga Nshingwabikorwa (…)

Amakuru Umuti mushya ufasha uwunyoye kutandura SIDA ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda

Ikigo cy’Ubuzima (RBC) guhera mu mpera z’uku kwezi kizatangira gukoresha umuti mushya ufasha (…)

Mu Rwanda: Abantu 48 bamaze guhitanwa n’ibiza mu mezi atatu ashize

Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) ivuga ko imvura yaguye kuva mu kwezi kwa (…)

Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga idatinya umuto cyangwa ukuze

Umusonga ubundi ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana umuntu (…)

Ruhango: Umwana yakubiswe n’inkuba arapfa

Mahirwe Etienne w’imyaka 14 wo mu Kagali ka Rwoga, Umurenge wa Kabagali mu Karere ka Ruhango, mu (…)

Umubyeyi yabyutse agasanga umwana we yapfuye undi arembye

Mu karere ka Nyanza, aharavugwa urupfu rw’umwana rutunguranye ndetse n’indwara yatumye undi (…)

Abanyarwanda barya imboga n’imbuto kenshi baracyari bake

Raporo y’Ishami rishinzwe kurwanya Indwara zitandura mu Rwanda mu Kigo Gishinzwe Ubuzima (RBC), (…)

Ubwandu bwa Malariya mu Rwanda bwariyongereye mu mezi 12 ashize

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) kivuga ko indwara ya Malariya yikubye inshuro ebyiri (…)

Minisante yemeje ko iminsi yo gukurikirana abahuye n’abanduye Marburg yarangiye

Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yatangaje ko iminsi yo gukurikirana abahuye n’abanduye indwara (…)

Abarwayi ba diyabete bamaze kwikuba kane ku Isi-OMS

Diyabete cyangwa indwara y’igisukari ni imwe mu ndwara zitandura yibasira abatari bake ku Isi, (…)

Intanga zibikwa imyaka 10 no gutwitira undi: Byinshi ku kororoka hifashishijwe ikoranabuhanga mu Rwanda

Ingingo yo kororoka hakoreshejwe ikoranabuhanga imaze iminsi ivugisha benshi bagaragaza ko ari (…)

Ibimenyetso 10 byakwereka ko ushobora kuba utwite bitagusabye kwipimisha

Ikibazo ’Ese naba ntwite?’ kiri mu bikunze kwibazwa kenshi n’ab’igitsina gore bifuza kubyara, (…)

Depite Mazimpaka yatabarije Abanyarwanda bari kwibagisha bagamijwe ubwiza

Mu isi y’ibigezweho, abenshi bashaka kugaragara mu isura biremeye aho gusa uko bavutse, bituma (…)