skol

Ubuzima

Ni ryari umugore utwite aba adakwiye gukora Imibonano mpuzabitsina?

Ni kenshi abagore batwite bibaza niba mu gihe batwite bagakora imibonano niba ntacyo byakwangiza (…)

Niba utajya urya ibisusa umubiri wawe wahombye ibi bintu by’ingenzi

Hari abantu bazi ko ibisusa (amababi y’uruyuzi rweraho ibihaza cyangwa imyungu) bitaribwa, (…)

Nyuma y’Amerika ,WHO nayo irategenya guha u Rwanda miliyari 9 Frw zo guhangana na Marburg

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO) ryatangaje ko ririmo gushaka miliyari (…)

Menya itandukaniro ry’umubu utera Malaria n’indi, benshi baworora batabizi

Umuturage w’i Nyamagabe witwa Nibarere Agnès, avuga ko ahora atambuka ahantu haretse amazi mu (…)

Menya indwara zishobora guterwa n’uburakari bukabije

Uburakari ni amarangamutima asanzwe ku bantu batandukanye, ariko iyo bibaye kenshi kandi mu (…)

Menya ingaruka zo kwicara umwanya munini udacishamo ngo uhaguruke

Inzobere mu by’ubuzima zivuga ko kwicara umwanya munini umuntu adahaguruka bigira ingaruka ku (…)

’Amerika ifite umuhate wo gufasha u Rwanda kurwanya Marburg’ ubu yarugeneye miliyoni 11$

Umuvugizi w’ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko iki gihugu cyatanze hafi (…)

Impamvu udakwiye kongera kunywa imiti wasigaje

Inzobere mu buvuzi ziburira abantu bafata imiti basigaje mu gihe bivuzaga indwara mu bihe (…)

Abagenda kuri moto basabwe kugira amakenga ya kasike birinda Marburg

Mu gihe u Rwanda rukomeje guhangana na virusi ya Marburg abatega nabakoresha moto barasabwa (…)

U Rwanda rwatangiye gukingira Abaganga Marburg nk’urwego yibasiye cyane

U Rwanda rwatangije kuri iki cyumweru gukingira indwara y’umuriro ukabije iterwa na virusi ya (…)

Byinshi ku bumuga bwa ‘Autisme’ butera imyitwarire idasanzwe

‘Autisme’ ni ihinduka ridindiza imikurire n’imikorere y’ubwonko n’imyakura bya muntu (…)

Menya imiti ushobora kunywa ikagutera kwibasirwa no kurota inzozi mbi

Ni ibisanzwe ko imiti muri rusange ivura indwara runaka ariko ikaba yagusigira izindi ngaruka, (…)

Niba utagendesha ibirenge byawe mu mucanga waracikanwe

Kugenda umuntu akandagiye hasi, atambaye inkweto bigira akamaro gakomeye ku buzima bw’abajya (…)

Impamvu uribwa n’amenyo mu gihe uriye cyangwa unyoye ibikonje cyangwa ibishyushye

Amenyo ari mu bice bigize akanwa kacu. Adufasha mu guhekenya ibiryo tuba turi kurya. Rimwe na (…)

Igihugu cya Ghana cyatangaje ko cyabonye...

Igihugu cya Ghana cyatangaje ko cyabonye umuntu wa mbere wanduye icyorezo cy’ubushita bw’inkenda (…)