skol

Ubuzima

MINISANTE yemeje ko Virusi ya Marburg ijya gusa na Ebola yageze mu Rwanda

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu mavuriro atandukanye yo mu Rwanda, hagaragaye indwara (…)

Dore impamvu hari bamwe mu bagabo bapfa bari gutera akabariro

Si ubwa mbere wumvise ko umugabo cyangwa umusore yitabye Imana ubwo yari mu gikorwa cy’ibyishimo (…)

Umubare w’Abanyafurika bakekwaho Mpox watumbagiye ugera hafi 30 000

Umubare w’abantu banduye indwara ya Mpox ku mugabane w’Afurika wazamutse ugera ku 29 152, harimo (…)

Ukwiye kurya habura amasaha atatu ngo uryame: Inama y’abashakashatsi

Abashakashatsi mu by’imirire n’ubuzima, bagaragaza ko igihe umuntu afatira ifunguro ari ingenzi (…)

Koza amenyo no kuyahaganyura habanza iki?

Nk’uko umara kurya ukoza mu kanwa wifashishije umuti n’uburoso kugira ngo hatazamo impumuro mbi (…)

U Rwanda rwatangiye gukingira Mpox

Minisiteri y’ubuzima kuri uyu wa Kane taliki 19, Nzeri 2024, yatangaje ko Abanyarwanda bagiye (…)

Nyamasheke: Abanyeshuli 2 bivugwa ko baguye mu mpanuka y’Imodoka yari ibavanye ku ishuri

Ahitwa Ntendezi mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke habereye impanuka ya bisi yari (…)

U Rwanda ruzakingira ’Mpox’ niba itsinda ryiga uko byakorwa ribihaye umugisha

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko hari itsinda ryashyizweho riri gusuzuma uburyo ibikorwa byo (…)

Niba utagira umuco wo guhoberana waracikanwe

Guhoberana ni umuco usanga mu bihugu byinshi ku Isi, bigakunda gukorwa mu byishimo n’akababaro, (…)

Ukwiye kwirinda izi ndwara 10 zihitana abantu benshi ku Isi buri mwaka

Ntabwo indwara zose zifite ubukana bungana, zimwe zirakarishye, izindi ziroroheje. Ndetse zimwe (…)

Dore impamvu tugomba kugabanya umunyu turya mu maguru mashya

Ngo ‘akabura bakarya ni umunyu’, ariko kandi umunyu ni indyoshyandyo itabura mu biryo cyangwa ku (…)

Leta yashyizeho Amabwiriza ibigo by’amashuri bizitwararika mu gukumira MPOX

Leta y’ u Rwanda yashyizeho amabwiriza yo kwirinda icyorezo cy’ ubushita bw’ inkende buzwi nka (…)

MINISANTE yafashe ingamba ku baganga bajya kwiga hanze bagaherayo

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yakomoje ku ngamba zafashwe zo kwigishiriza abaganga (…)

Ikiruhuko cy’umugore wabyaye cyongeweho ibyumweru bibiri

Mu gihe hasohotse itegeko riteganya ko umukozi w’umugore wabyaye azajya ahabwa ikiruhuko (…)

Umuganura: Amateka, aho waberaga, igisobanura n’uko wizihizwa ubu

Buri wa 5 wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, Abanyarwanda bizihiza umunsi w’umuganura, abakuze bavuga (…)