skol

Ubuzima

Kayonza: Umwarimu yandikiye ubuyobozi avuga ko Imana yamubujije gufata urukingo rwa Covid-19

Umwarimu witwa Ntawiheba Osée wigisha mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Murundi, yandikiye (…)

Rwamagana: Umwarimu yamubeshye ko kuba isugi ari ikizira amutera inda

Umwana w’umukobwa twahisemo guha izina rya Gasaro avuka mu Karere ka Rwamagana ku myaka 14, (…)

Gasabo: Wa mugore washinjwe gufatwa ari guca inyuma umugabo yavuze ukuri kw’ibyabaye

Madamu Akayezu Odette utuye mu karere ka Gasabo umurenge wa Jabana wavuzweho guca inyuma umugabo (…)

Gisagara: Impanuka y’imodoka yahitanye abaforomo babiri bari mu gikorwa cyo gusiramura

Impanuka y’imodoka yabereye mu Murenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara yahitanye abafomo babiri (…)

U Rwanda ruri mu bihugu bya mbere muri Afurika mu korohereza abantu kubona VISA

Igihugu cy’ u Rwanda kiri ku mwanya wa Gatandatu mu bihugu bya Afurika byorohereza abantu kubona (…)

Gatsibo: Leta yagobotse abaturage bagezweho n’amapfa [AMAFOTO]

Guverinoma yatangiye kugoboka abaturage bo mu Ntara y’Iburasirazuba bahuye n’ikibazo cy’amapfa (…)

"Abantu 6 muri 23 twasuzumye kuva ejo basanganwe Omicron"-Minisitiri w’Ubuzima

Minisitiri w’Ubuzima yavuze ko abanduye Covid-19 yo mu bwoko buteye ubwoba yitwa Omicron (…)

Abantu 6 basanganwe Covid-19 ikomeye ya Omicron mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye abantu batandatu banduye virusi (…)

Afurika y’Epfo: Perezida Cyril Ramaphosa yanduye Covid-19

Ibiro bya Perezida wa Afurika y’Epfo,Cyril Ramaphosa byatangaje ko afite ibimenyetso bidakomeye (…)

Icyiciro cya 7 cy’impunzi ziturutse muri Libya cyageze mu Rwanda

Icyiciro cya karindwi kigizwe n’abasaba ubuhungiro 176 bavanywe muri Libya baraye bageze mu (…)

Dr Ngirente yahishuye ikigero cyo gukingira u Rwanda ruzaba rugezeho mu mpera za 2022

Minisitiri w’Intebe, Edouard Ngirente yijeje inteko ko u Rwanda ruzaba rwageze ku ntego yo (…)

Covid-19: Abakuze mu Rwanda batangiye guterwa doze ‘ya gatatu’ y’urukingo [YAVUGURUWE]

Abagejeje ku myaka 50 mu Rwanda batangiye guhabwa doze ya gatatu y’urukingo rwa COVID-19 mu (…)

U Rwanda rwakiriye inkura zera 30 zivuye muri Africa y’Epfo

Inkura 30 zera zinjijwe mu cyanya cy’inyamaswa cy’Akagera zivanywe muri Africa y’Epfo, mu (…)

MINISANTE yahishuye umwanzuro wafashwe ku bagenzi binjira mu Rwanda baturutse mu bihugu byo mu majyepfo ya Afrika

Mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’ubwoko bushya bwa COVID-19 biswe Omnicron u Rwanda rwafashe (…)

U Rwanda rwasubijeho itegeko ryo kwishyira mu kato ku bantu baturutse mu mahanga

Kubera ubukana bw’ubwoko bushya bwa Covid-19 bwagaragaye muri Afurika y’Epfo, Minisiteri (…)