Umutekano
Col Godfrey Gasana yazamuwe mu ntera agirwa Brigadier General
Yanditswe: Tuesday 06, Jun 2023
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera Col Godfrey Gasana usanzwe ari Umugaba wungirije w’Ingabo zirwanira mu Kirere, amuha ipeti rya Brigadier General.
Ni impinduka zatangajwe ku manywa yo kuri uyu wa Kabiri na Minisiteri y’Ingabo, zikurikira izindi zaraye zitangajwe aho iyi minisiteri yahawe Minisitiri mushya, Juvenal Marizamunda ndetse Ingabo z’u Rwanda zigahabwa Umugaba w’Ingabo mushya, Lt Gen Mubarakh Muganga.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *