skol

"Kuba Uganda n’u Rwanda ari Leta ziyoboye "Gisilikali" biteza ibibazo": Gonza Muganwa

Yanditswe: Tuesday 27, Apr 2021

Umunyamakuru Gonzaga Muganwa avuga ko kuba Uganda n’u Rwanda ari Leta ziyoboye mu buryo bwa gisilikali binatuma zitinyana cyane bigatea ibibazo bihoraho. Avuga ko itangazamakuru ryitwaye nabi mu bibazo ibihugu byombi bifitanye! Gusa ngo habayeho ko itangazamakur n’abikorera bashyira igitutu ku ba Perezida bombi ibibazo byakemuka. Kurikira ikiganiro cyose !

Umunyamakuru Gonzaga Muganwa avuga ko kuba Uganda n’u Rwanda ari Leta ziyoboye mu buryo bwa gisilikali binatuma zitinyana cyane bigatea ibibazo bihoraho. Avuga ko itangazamakuru ryitwaye nabi mu bibazo ibihugu byombi bifitanye! Gusa ngo habayeho ko itangazamakur n’abikorera bashyira igitutu ku ba Perezida bombi ibibazo byakemuka.

Kurikira ikiganiro cyose !

Gonzaga Muganwa, umunyamakuru akaba n’umusesenguzi wa Politiki

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa