Umutekano
"Kuba Uganda n’u Rwanda ari Leta ziyoboye "Gisilikali" biteza ibibazo": Gonza Muganwa
Yanditswe: Tuesday 27, Apr 2021
Umunyamakuru Gonzaga Muganwa avuga ko kuba Uganda n’u Rwanda ari Leta ziyoboye mu buryo bwa gisilikali binatuma zitinyana cyane bigatea ibibazo bihoraho. Avuga ko itangazamakuru ryitwaye nabi mu bibazo ibihugu byombi bifitanye! Gusa ngo habayeho ko itangazamakur n’abikorera bashyira igitutu ku ba Perezida bombi ibibazo byakemuka. Kurikira ikiganiro cyose !
Umunyamakuru Gonzaga Muganwa avuga ko kuba Uganda n’u Rwanda ari Leta ziyoboye mu buryo bwa gisilikali binatuma zitinyana cyane bigatea ibibazo bihoraho. Avuga ko itangazamakuru ryitwaye nabi mu bibazo ibihugu byombi bifitanye! Gusa ngo habayeho ko itangazamakur n’abikorera bashyira igitutu ku ba Perezida bombi ibibazo byakemuka.

Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *