skol
fortebet

Rwanda:Ba banyeshuri barwanye bapfa umusore bagejejwe mu bitaro

Yanditswe: Friday 08, Jul 2022

featured-image

Sponsored Ad

Abanyeshuri ba bakobwa bo mu Kigo cya APACE giherereye mu Mujyi wa Kigali barwanye bapfa umusore bagakomeretwsanya bagejejwe mu bitaro aho bari kwitabwaho n’abaganga.

Sponsored Ad

Ni imirwano yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki ya 7 Nyakanga 2022 nkuko amashusho yacicicikanye ku imbugankoranyambaga agaragaza abakobwa barwana ndetse bafite n’icyuma kuburyo byabaviriyemo gukomeretsanya.

Aba banyeshuri bo mu cyigo cya Gs du mont kigali Apace n’undi wiga kuri CGFK Kagarama amakuru avuga ko bahuriye mu nzira hafi y’urusengero rwa badivantiste ku kabusunzu bajya ku ishuri,maze baracakirana rubura gica.

Kugeza ubu amakuru ahari avuga ko aba banyeshuri bagejejwe kwa muganga barimo kwitabwaho cyane ko bakuye ibikomere muri iyo mirwano.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa